Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urubanza Rw’Abaregwa Gushaka Guhirika Tshisekedi Rwapfundikiwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbutabera

Urubanza Rw’Abaregwa Gushaka Guhirika Tshisekedi Rwapfundikiwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 September 2024 3:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inteko iburanisha urubanza rw’abaregwa gushaka guhirika Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwapfundiwe, rukazasomwa taliki 13, Nzeri, 2024.

Urubanza rupfundikirwa iyo inteko iburanisha yanzuye ko ibyavugiwe mu rukiko n’impande ziburana bihagije ku buryo izabiheraho irukata.

Biba bivuze ko nta bundi buhamya bwaba ubushinja cyangwa ubushinjura bugikenewe kugira ngo imyanzuro y’urukiko ibe yafatwa.

Ababuriranishaga urubanza rw’abaregwa gushaka guhirika Tshisekedi baraye bavuze ko nta bindi bimenyetso cyangwa ubuhamya bigikenewe kugira ngo urubanza rukatwe, butyo ko rupfundikiwe rukazasomwa ku italiki yavuzwe haruguru.

Ubushinjacyaha mu iburanisha riheruka bwari bwasabye ko abo burega bakatirwa urwo gupfa ariko abunganira abaregwa bo bakavuga ko barengane ahubwo bari kuba bararekuwe kera.

Abaregwa kugeza ubu ni abantu 51 bakurikiranyweho gushaka guhirika ubutegetsi bwa Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu gitero bagabye ku Ngoro ye taliki 19, Gicurasi, 2024.

Uwari ubayoboye witwa Christian Malanga yahise araswa arapfa abandi bose bari kumwe nawe barafatwa.

Mu rubanza rwabo kandi haregwamo na Corneille Nangaa uyobora umutwe wa Politiki witwa AFC uherutse kwihuza na M23 ngo bafatanye gukuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi.

Icyakora we yaburanishijwe adahari.

Ifoto@ Radio Okapi

TAGGED:featuredNangaaTshisekediUbutegetsiUrubanza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muhanga: Barataka Ko Bambuwe Amazi Na Rwiyemezamirimo
Next Article Bobi Wine Yavuye Mu Bitaro
1 Comment
  • Isma says:
    05 September 2024 at 8:18 am

    Ariko aba ntakindi bazi uretse gucira abandi urubanza badahari harya ubwo bo uzabacira urubanza bazaruva imbere?? Abo bariye bakiri bazima? Abo bafatanije mu kurandura ubwoko bumwe?? Nzaba ndeba

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Abanyarwandakazi Bafite Ubumuga Bwo Kutabona Barataka Kubera Ihohoterwa

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

RDB Yongereye Amasaha Yo Gufungura Utubari 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…

Trump Yeruye Arega BBC Ngo Imwishyure Miliyari $10

Uko Ikibazo Cya Feri Za Spiro Giteye

Umusaruro Mbumbe W’ u Rwanda Wazamutseho 11.8% Mu Gihembwe Cya Gatatu

FDLR Yarwanye Na Mai Mai

You Might Also Like

Imyidagaduro

DJ Toxxyk Akurikiranyweho Kugonga Umupolisi Agapfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ibishanga Bya Kigali Byangizwa N’Ababisukamo Amazi Yanduye- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

UN Yemeza Ko Nta Nzara ‘Ikomeye’ Ikiri Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunya Iraq Wahoze Ari Impunzi Yatorewe Kuyobora UNHCR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?