Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uruganda Rw’Abashinwa Nirwo Rwahiriye Muri Economic Zone
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Uruganda Rw’Abashinwa Nirwo Rwahiriye Muri Economic Zone

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 August 2024 9:45 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru ya vuba ku nkongi yazindukiye mu cyanya cy’inganda cya Kigali avuga ko uruganda rwahiye ari urw’Abashinwa rukorera imyenda muri kiriya cyanya.

Umuvugizi wa Polisi ACP Boniface Rutikanga yabwiye Taarifa ko ishami rya Polisi rishinzwe ubutabazi ryazimije uwo muriro.

Uwo muriro wadukiye muri bimwe mu biro bigize urwo ruganda, ukaba watangiye mu ma saa kumi za mu gitondo.

Nta bantu bahiriyemo ariko iperereza riracyashaka kumenya intandaro nyayo y’iyo nkongi.

Wari umuriro ufite imbaraga nk’uko amashusho ari kuri TV 1 abigaragaza.

Amakuru dufite avuga ko uruganda rwahiye ari urwitwa C&D Products Rwanda Ltd rukora imyenda.

Twagerageje kuvugisha nyiri nomero igaragara ko ari yo abantu bahamagaraho ngo bamenye amakuru kuri uru ruganda ariko uwo ibaruyeho witwa Denis Ndemezo ntiyashobora kwitaba.

Ubutumwa bugufi twamwandikiye ntiburasubizwa.

Ni inkuru dukomeza gukurikirana…

TAGGED:featuredKigaliPolisiUruganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: M23 Irarwana Ishaka Gufata Undi Mujyi Uturanye Na Uganda
Next Article Georges Weah Avugwaho Ruswa Ku Butegetsi Bwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri Kayitesi Asobanura Uko Abatuye Intara Ye Bava Mu Bukene

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Indonesia: Umutingito Wateye Tsunami Yishe Abantu 248

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?