Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uruganda Rw’Abashinwa Nirwo Rwahiriye Muri Economic Zone
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Uruganda Rw’Abashinwa Nirwo Rwahiriye Muri Economic Zone

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 August 2024 9:45 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru ya vuba ku nkongi yazindukiye mu cyanya cy’inganda cya Kigali avuga ko uruganda rwahiye ari urw’Abashinwa rukorera imyenda muri kiriya cyanya.

Umuvugizi wa Polisi ACP Boniface Rutikanga yabwiye Taarifa ko ishami rya Polisi rishinzwe ubutabazi ryazimije uwo muriro.

Uwo muriro wadukiye muri bimwe mu biro bigize urwo ruganda, ukaba watangiye mu ma saa kumi za mu gitondo.

Nta bantu bahiriyemo ariko iperereza riracyashaka kumenya intandaro nyayo y’iyo nkongi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Wari umuriro ufite imbaraga nk’uko amashusho ari kuri TV 1 abigaragaza.

Amakuru dufite avuga ko uruganda rwahiye ari urwitwa C&D Products Rwanda Ltd rukora imyenda.

Twagerageje kuvugisha nyiri nomero igaragara ko ari yo abantu bahamagaraho ngo bamenye amakuru kuri uru ruganda ariko uwo ibaruyeho witwa Denis Ndemezo ntiyashobora kwitaba.

Ubutumwa bugufi twamwandikiye ntiburasubizwa.

Ni inkuru dukomeza gukurikirana…

- Advertisement -
TAGGED:featuredKigaliPolisiUruganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: M23 Irarwana Ishaka Gufata Undi Mujyi Uturanye Na Uganda
Next Article Georges Weah Avugwaho Ruswa Ku Butegetsi Bwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?