Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ushinzwe Ubutasi Bwa Gisirikare Mu Ngabo Za Israel Yeguye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ushinzwe Ubutasi Bwa Gisirikare Mu Ngabo Za Israel Yeguye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 April 2024 1:23 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Major General Aharon Haliva wari ushinzwe ubutasi bwa gisirikare mu ngabo za Israel yatangaje ko yeguye kubera uburangare yagize kugeza ubwo Hamas igabye igitero kuri Israel taliki 07, Ukwakira, 2023.

Igisirikare cya Israel kivuga ko n’ubwo uwo musirikare yeguye, azatanga imfunguzo z’Ibiro bye igihe hazaba habonetse umusimbura.

General Aharon Haliva yemeye ko we n’itsinda rye batakoze byose ngo baburizemo kiriya gitero bityo ko agomba kwemera ingaruka zabyo.

Niwe muyobozi wa mbere mukuru muri Israel weguye nyuma y’uko Hamas igabye igitero kuri Israel ikica abantu bagera ku 1200.

Nyuma ya kiriya gitero, abantu batandukanye bavuze ko inzego z’ubutasi za Israel zabuze amakuru cyangwa se hari ayo zirengagije biha urwaho Hamas kugera ubwo igabye igitero kuri Israel.

Si abantu 1,200 bishwe gusa kuko hari abandi 253 batwawe bunyago.

Byarakaje Israel itangiza intambara muri Gaza na n’ubu igikomeje guca ibintu.

Imaze guhitana abantu 34,000 nk’uko byemezwa na Minisiteri y’ubuzima ikorera mu butegetsi bwa Hamas.

TAGGED:featuredHamasIsraelUbutasi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muri Namibia Havumbuwe Petelori
Next Article Muhanga: Umucuruzi Wari Warahunze Umugore We Yiyahuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?