Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwahaye Tshisekedi Inama Zishyiraho Guverinoma Nshya Niwe Uzayobora Sena
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Uwahaye Tshisekedi Inama Zishyiraho Guverinoma Nshya Niwe Uzayobora Sena

taarifa@media
Last updated: 02 March 2021 11:15 am
taarifa@media
Share
SHARE

Modéste Bahati Lukwebo niwe uri guhabwa amahirwe yo gutorerwa kuyobora Sena ya Repubulika ya Demukarasi ya Kongo mu matora ari bube kuri uyu wa Kabiri tariki 02, Werurwe,2021.

Uyu mugabo niwe wahaye Perezida Tshisekedi urutonde rw’abantu abona bashyirwa muri Guverinoma yasimbuye iyahoze iyobowe na Minisitiri w’Intebe Sylvestre Ilunga.

Ilunga aherutse kwegura nyuma y’uko abo mu ishyaka rye bakomeye barimo Perezida Kabila[yavuye mu gihugu], Perezidante w’Inteko ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite Madamu Jeannine Mabunda n’uwayoboraga Sena Bwana Alexis Tambwe beguye.

Mbere y’uko amatora nyiri izina aba, abari butore barasabwa gutora umuntu uzazana impinduka mu mikorere ya Guverinoma n’iya Sena kandi mu nyungu z’abatuye DRC.

Intego ni uko abaturage bagomba kwishimira abatowe ngo babahagararire mu Nteko na Sena.

Jeanine Mabunda
Hon Alexis Tambwe Mwamba wayoboraga Sena
TAGGED:BahatiGuverinomaModesteSenaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakora Imideli Muri Commonwealth Bazahurira Mu Rwanda
Next Article Abagore Barinda Amahoro Ku Isi Ni 6.6%, Hakenewe Abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?