Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwahaye Tshisekedi Inama Zishyiraho Guverinoma Nshya Niwe Uzayobora Sena
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Uwahaye Tshisekedi Inama Zishyiraho Guverinoma Nshya Niwe Uzayobora Sena

Last updated: 02 March 2021 11:15 am
Share
SHARE

Modéste Bahati Lukwebo niwe uri guhabwa amahirwe yo gutorerwa kuyobora Sena ya Repubulika ya Demukarasi ya Kongo mu matora ari bube kuri uyu wa Kabiri tariki 02, Werurwe,2021.

Uyu mugabo niwe wahaye Perezida Tshisekedi urutonde rw’abantu abona bashyirwa muri Guverinoma yasimbuye iyahoze iyobowe na Minisitiri w’Intebe Sylvestre Ilunga.

Ilunga aherutse kwegura nyuma y’uko abo mu ishyaka rye bakomeye barimo Perezida Kabila[yavuye mu gihugu], Perezidante w’Inteko ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite Madamu Jeannine Mabunda n’uwayoboraga Sena Bwana Alexis Tambwe beguye.

Mbere y’uko amatora nyiri izina aba, abari butore barasabwa gutora umuntu uzazana impinduka mu mikorere ya Guverinoma n’iya Sena kandi mu nyungu z’abatuye DRC.

Intego ni uko abaturage bagomba kwishimira abatowe ngo babahagararire mu Nteko na Sena.

Jeanine Mabunda
Hon Alexis Tambwe Mwamba wayoboraga Sena
TAGGED:BahatiGuverinomaModesteSenaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakora Imideli Muri Commonwealth Bazahurira Mu Rwanda
Next Article Abagore Barinda Amahoro Ku Isi Ni 6.6%, Hakenewe Abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

DRC: Inzu Z’Abapolisi Zahawe Inkongi

Kirehe-Ngoma: Koperative Yejeje Umuceri None Uri Gupfa Ubusa

Maduro N’Umugore We Bagejejwe Muri Gereza Ya Amerika

Ingabo z’Uburundi Ziracyari Muri Congo- Réverien Ndikuriyo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bunyoni Ararembye

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Icyongereza Gike, Imiyoborere Idahwitse…Bimwe Mu Byatumye Abayobora Amashuri Birukanwa

Abana Bagiye Gutozwa Guhesha Agaciro Imbyino Gakondo Nyarwanda

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

You Might Also Like

Mu Rwanda

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tshisekedi Arashaka Ubufasha Bwa Gisirikare Bwa Angola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?