Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwahoze Ari Visi Perezida Wa FDLR Yagejejwe Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Uwahoze Ari Visi Perezida Wa FDLR Yagejejwe Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 October 2022 8:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Straton Musoni wahoze ari Visi Perezida wa FDLR ubu ari mu Rwanda. Yahoze yungirije Ignace Murwanashya waje kugwa muri gereza mu mwaka wa 2019 atarangije igifungo cy’imyaka 13 yari yarakatiwe n’inkiko zo mu Budage.

Musoni we yari yarakatiwe imyaka umunani ariko aza kurekurwa kubera igihe yari amaze afunzwe atarakatirwa.

The New Times yanditse  ko Musoni yagejejwe mu Rwanda ku wa Gatanu tariki 21 Ukwakira 2022.

Mu mwaka wa  2015 nibwo Urukiko rwo mu Budage rwakatiye Straton Musoni imyaka umunani y’igifungo.

We  na Murwanashyaka Ignace bakatiwe ibihano twavuze haruguru nyuma yo kubahamya ibyaha byakorewe mu ntambara hagati y’umwaka wa 2008 na 2009 mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo.

Musoni yatawe muri yombi mu 2009 mu Budage, ashyikirizwa urukiko rwo muri iki gihugu mu 2011.

Yavutse mu 1961, atura mu Budage kuva mu 1986, aho yakoraga mu bijyanye n’ikoranabuhanga.

Ni naho bahurizaga ibikorwa bya FDLR.

Musoni na Murwanashyaka bahamijwe ibyaha by’ubwicanyi bakoreye mu bice bya Kipopo, Mianga, Busurungi, Kubua na Manje hagati y’umwaka wa 2008 n’uwa 2009.

TAGGED:CongoDRCFDLRMurwanashyakaMusoni
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubuyobozi Si Amashuri Gusa Ahubwo Ni Na Kamere Y’Umuntu-Kagame
Next Article Nyuma Ya Bruce Melodie Wagiriye Ibibazo i Burundi, Ariel Wayz Nawe Agannye Yo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?