Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwanditse Igitabo Cyarakaje Abisilamu Yatewe Icyuma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uwanditse Igitabo Cyarakaje Abisilamu Yatewe Icyuma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 August 2022 1:20 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwongereza Sir Salman Rushdie yatewe icyuma n’umugabo wo muri Iran wari uri mu bari bamuteze amatwi ubwo yatangaga ikiganiro. Abari baje kumva kiriya kiganiro bahise bamuta muri yombi bamushyikiriza Polisi.

Si ubwa mbere uyu mwanditsi aterwa ibyuma kuko bimaze kumubaho inshuro 15, hakaba hari n’uwamuteye icyuma mu nda.
Icyo azira ni uko yigeze kwandika igitabo yise Satanic Verses cyarakaje abayoboke b’idini rya Islam cyane cyane abo muri Iran baganjemo aba Shia.

Uyu mugabo w’imyaka 75 y’amavuko asanzwe afite abantu bamurinda nyuma y’uko atangarije kiriya gitabo kikarakaza ababa mu bihugu byiganjemo aba Shia.

Nyuma yo guterwa icyuma, ubuzima bwa Sir Salman Rushdie buri hagati y’urupfu n’umupfumu kubera ko ijisho rye ryakomeretse , kandi banamukomerekeje mu mwijima.

Uwamukomerekeje yitwa Hadi Matar akaba afite imyaka 24 y’amavuko.

Yamutunguye ubwo yari arimo gutanga ikiganiro mu nzu iganirirwamo n’abanditsi iri ahitwa Chautauqua muri  New York  hari y’i Buffalo.

Rushdie  mu mwaka wa 1988 yanditse igitabo yise ‘ Satanic Verses’ giteza sakwe sakwe mu basomyi.

Nyuma y’uko umwaka umwe agisohoye, umuyobozi w’ikirenga wa Iran witwaga Ayatollah Khomeini yemereye umuntu wese uzamwica ko azagororerwa.

Hari muri Gashyantare 1989.

TAGGED:AbisilamufeaturedigitaboIranUmwanditsi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubuzima Buhenze Bwatumye Abaturage Basaba Perezida Wabo Kwegura
Next Article Polisi Ntizemera Ko Abakobwa Bakomeza Kwambara Impenure-CP Kabera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?