Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwanditse Igitabo Cyarakaje Abisilamu Yatewe Icyuma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uwanditse Igitabo Cyarakaje Abisilamu Yatewe Icyuma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 August 2022 1:20 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwongereza Sir Salman Rushdie yatewe icyuma n’umugabo wo muri Iran wari uri mu bari bamuteze amatwi ubwo yatangaga ikiganiro. Abari baje kumva kiriya kiganiro bahise bamuta muri yombi bamushyikiriza Polisi.

Si ubwa mbere uyu mwanditsi aterwa ibyuma kuko bimaze kumubaho inshuro 15, hakaba hari n’uwamuteye icyuma mu nda.
Icyo azira ni uko yigeze kwandika igitabo yise Satanic Verses cyarakaje abayoboke b’idini rya Islam cyane cyane abo muri Iran baganjemo aba Shia.

Uyu mugabo w’imyaka 75 y’amavuko asanzwe afite abantu bamurinda nyuma y’uko atangarije kiriya gitabo kikarakaza ababa mu bihugu byiganjemo aba Shia.

Nyuma yo guterwa icyuma, ubuzima bwa Sir Salman Rushdie buri hagati y’urupfu n’umupfumu kubera ko ijisho rye ryakomeretse , kandi banamukomerekeje mu mwijima.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Uwamukomerekeje yitwa Hadi Matar akaba afite imyaka 24 y’amavuko.

Yamutunguye ubwo yari arimo gutanga ikiganiro mu nzu iganirirwamo n’abanditsi iri ahitwa Chautauqua muri  New York  hari y’i Buffalo.

Rushdie  mu mwaka wa 1988 yanditse igitabo yise ‘ Satanic Verses’ giteza sakwe sakwe mu basomyi.

Nyuma y’uko umwaka umwe agisohoye, umuyobozi w’ikirenga wa Iran witwaga Ayatollah Khomeini yemereye umuntu wese uzamwica ko azagororerwa.

Hari muri Gashyantare 1989.

- Advertisement -
TAGGED:AbisilamufeaturedigitaboIranUmwanditsi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubuzima Buhenze Bwatumye Abaturage Basaba Perezida Wabo Kwegura
Next Article Polisi Ntizemera Ko Abakobwa Bakomeza Kwambara Impenure-CP Kabera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?