I Paris no mu yindi mijyi y’u Bufaransa, hari abisilamu bafitiye umujinya umwanditsi witwa Michel Houellebecq bamushinja kuvuga ko batari Abafaransa nk’abandi kandi ko baramutse bagize...
Umwongereza Sir Salman Rushdie yatewe icyuma n’umugabo wo muri Iran wari uri mu bari bamuteze amatwi ubwo yatangaga ikiganiro. Abari baje kumva kiriya kiganiro bahise bamuta...
Mu gitabo aherutse kwandika umwanditsi w’Umunyamerika ufite inkomoko muri Israel witwa Israel W.Charny yavuze ko bibabaje kuba Turikiya yarashyize igitutu kuri Israel bigatuma itemera ko habayeho...