Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uyoboye Tchad Ari Mu Rwanda, Yahuye Na Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Uyoboye Tchad Ari Mu Rwanda, Yahuye Na Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 March 2022 4:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Gen Mahamat Idriss Déby Itno uyoboye Tchad muri iki gihe ari i Kigali. Yahageze ahagana saa saba z’amanywa kuri uyu wa Gatandatu, taliki 18, Werurwe, 2022. Yakiriwe na Perezida Kagame mu Biro bye bagirana ibiganiro.

Ubwo yageraga ku kibuga cy’indege yakiriwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr Vincent Biruta.

Mahamat ibn Idriss Déby Itno ni umuhungu wa  nyakwigendera Idriss Deby Itno, bivugwa ko yishwe n’amasasu ubwo yari yagiye gutera akanyabugabo abasirikare be barwanyaga abateraga Tchad  mu Majyaruguru yayo.

Mahamat Ibn Idriss Deby yagiye ku butegetsi nyuma y’urupfu rwa Se wapfuye mu mwaka wa 2021 muri Mata.

Ubu niwe uyoboye  Inama ya gisirikare iyoboye Tchad by’agateganyo.

Mbere y’uko Se apfa, Mahamat Idriss Deby yahoze  ayoboye ingabo za Tchad zarwanaga n’abarwanyi baturukaga muri Mali.

Se yari inshuti y’u Rwanda kuko yaje no mu muhango wo kurahira wa Perezida Kagame ubwo aheruka gutorerwa gukomeza kuyobora Abanyarwanda.

Yakiriwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Vicent Biruta

 

TAGGED:featuredPerezidaTchad
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Iyo Ucururiza Mu Gikari Urahomba- Inama Ya Rwiyemezamirimo W’Umugore
Next Article ‘Facial Recognition’: Ikoranabuhanga Rishinjwa Kwinjira Mu Buzima Bw’Abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?