Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uzziel Yatangiye Inshingano Zo Kuyobora BK
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Uzziel Yatangiye Inshingano Zo Kuyobora BK

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 August 2024 7:29 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr.Uzziel Ndagijimana wahoze ari Minisitiri w’imari n’igenamigambi yaraye atangiye ku mugaragaro inshingano zo kuyobora Banki ya Kigali nyuma yo guhererekanya ububasha na Béatha Habyarimana.

Kuri uyu wa mbere, habaye umuhango w’ihererekanyabubasha wasize Dr. Uzziel Ndagijimana atangiye inshingano nshya ku mugaragaro nk’Umuyobozi Mukuru wa BK Group.

Yasimbuye Béatha Uwamaliza Habyarimana yari amaze imyaka ibiri ayobora Ikigo BK Group.

Dr. Uzziel Ndagijimana yashimye ibyo ikigo agiye kuyobora cyagezeho avuga ko azakomeza muri uwo mujyo ariko akita cyane mu gukoresha ikoranabuhanga muri serivisi z’imari.

Azakorana n’abayobozi b’amashami atanu ya Banki ya Kigali ari yo Bank of Kigali Plc, BK Capital, BK General Insurance, BK TecHouse na BK Foundation.

Yiminuje mu by’ubukungu akaba yarabanje kuba Minisitiri w’imari n’igenamigambi muri Guverinoma icyuye igihe.

Yagiye muri Guverinoma mu mwaka wa 2018.

Ubukungu yabuminurijemo muri Kaminuza ya Warsaw muri Poland.

TAGGED:BKfeaturedHabyarimanaNdagijimana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gisagara: Muganga Arakekwaho Kwica Umwana W’Imyaka Umunani
Next Article Karongi: Coaster Yakoze Impanuka Ikomeye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?