Mu rwego rwo gufasha abaturage gutura mu nzu zisa neza kandi zidahenze, hari gahunda y’uko mu mwaka wa 2028 hazubakwa inzu 700,000. Muri zo 70% zigomba...
Imibare yaraye itangajwe na Minisitiri w’imari n’igenamigambi muri Guverinoma y’u Rwanda yerekana ko mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2022/2023, amafaranga angana Miliyari Frw 906.9 ni ukuvuga...
Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yavuze ko muri iki gihe u Rwanda ruhanganye n’ibibazo byinshi bifitanye isano n’ubukungu k’uburyo kongerera abakozi ba Leta umushaharo bitashoboka....
Mu nama nyunguranabitekerezo yaraye ihuje ubuyobozi bwa Sena y’u Rwanda n’inzego zirimo Minisiteri y’Imari n’igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana uyobora iyi Minisiteri yavuze ko Guverinoma igiye gutangiza...
Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana avuga ko hari Umushingwa w’Itegeko Minisiteri ayoboye yagejeje ku Nteko ishinga amategeko wo kureba niba abarimu bahembwa macye batasonerwa umusoro,...