Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Véronique Bédague: Umugore Uhabwa Amahirwe Yo Kuba Minisitiri W’Intebe W’u Bufaransa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Véronique Bédague: Umugore Uhabwa Amahirwe Yo Kuba Minisitiri W’Intebe W’u Bufaransa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 April 2022 2:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Bufaransa hari amakuru avuga ko hari umugore witwa Véronique Bédague ari we umaze iminsi yegerwa n’Umunyamabanga mu Biro by’Umukuru w’igihugu witwa Alexis Kohler ngo azabe Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa bugiye kuyoborwa na Perezida Macron uherutse gutorerwa indi Manda.

Icyakora  amakuru atangazwa na Le Parisien avuga ko ibiro by’Umukuru w’Igihugu  bitaremeza cyangwa ngo bihakane mu buryo butaziguye niba Bédague yaremeye kuzafasha Macron mu gushyiraho no kuyobora Guverinoma nshya.

Manda ya mbere ya Emmanuel Macron yarangiye Jean Castex ari we Minisitiri w’Intebe ariko yari yaratangiranye na Edouard Philippe waje kwegura.

Edouard Philippe wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa

Véronique Bédague ni umugore utari usanzwe uzwi na rubanda rwose mu Bufaransa.

Icyakora yakoze muri Minisiteri y’imari mu ntangiriro z’umwaka wa 2000 ubwo yayoborwaga na Laurent Fabius ndetse akomerezayo ubwo yayoborwaga na Florence Parly.

Jean Castex

Uyu mugore kandi yigeze gukora no mu Kigega mpuzamahanga cy’imari.

Yaje no kuba Umunyamabanga mu Biro by’Umukuru w’Umurwa mukuru w’u Bufaransa, Paris.

Uyu mujyi wayoborwaga na Bertrand Delanoë.

Hagati y’umwaka wa 2014 n’umwaka wa 2016, Véronique Bédague yakoze mu Biro bya Manuel Valls wari Minisitiri w’Intebe mu Bufaransa.

Bivugwa ko muri kiriya gihe ari bwo yatangiye kumenyana na Emmanuel Macron wakundaga guhura kenshi na Manuel Valls, uyu namwe akaba yarakundaga kuba ari kumwe na Alexis Kohler.

TAGGED:BufaransafeaturedMacronMinisitiri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sergio Ramos Na Bagenzi Be Bageze I Kigali
Next Article Prof. Chrysologue Karangwa Yashimye Imicungire Y’Imari Y’Umuryango FPR-Inkotanyi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?