Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Visi Perezida Wa Gambia Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Visi Perezida Wa Gambia Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 January 2023 1:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Joof yaguye mu Buhinde azize uburwayi yari amaranye igihe gito.

Perezida wa Gambia Adama Barrow niwe wamubitse abinyujije mu itangaza ryaciye kuri Facebook.

Allieu Badara Joof niwe Visi Perezida wa Gambia utabarutse akiri mu kazi.

Ntawe uramenya icyo yazize, ariko ikigarukwaho ni uko yari arwaye.

Iby’uburwayi bwe byatangiye guhwihwiswa mu Ukuboza, 2022 ubwo yari avuye mu rugendo rw’akazi muri Turikiya ndetse no muru Cyprus.

Joof apfuye yarakoze imirimo myinshi harimo kuba Minisitiri w’uburezi, akaba yarakoze iyi mirimo guhera mu mwaka wa 2017 kugeza mu mwaka wa 2022.

Kuca icyo gihe yahise agirwa Visi Perezida wa Gambia, yungiriza Perezida Adama Barrow.

Bivugwa ko yari umunyapolitiki wikundirwaga na rubanda kubera ko yakundaga kubumva no kubagarukaho mu mbwirwaruhame ze.

TAGGED:GambiaPerezidaUrupfuVisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hubatswe Ikiraro Gihuza Nyanza Na Nyamagabe
Next Article Goma-DRC: Abanyamakuru Bafunzwe Abandi Bakomerekera Mu Kazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUmutekano

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Ebola Yagarutse Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?