Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘Visit Musanze’: Isiganwa Ry’Amagare Rishishikariza Gusura Musanze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

‘Visit Musanze’: Isiganwa Ry’Amagare Rishishikariza Gusura Musanze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 October 2022 2:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Karere ka Musanze kuri uyu wa Kane Taliki 13, Ukwakira, 2022 habereye isiganwa ryiswe Visit Musanze  rigamije gushishikariza abantu gusura Akarere ka Musanze. Ryiteguwe n’abasanzwe muri za Koperative z’abatwara abantu  n’ibintu mu Karere ka Musanze.

Iri siganwa  ryitabiriwe n’abagabo 41 n’ab’igitsina gore babiri.

Abazengurutse Umujyi wa Musanze ku ntera ya Kilometero 28, rikaba ryegukanywe n’uwitwa Joseph Ntakirutimana.

Aha i Musanze kandi hari kubera umwiherero w’abazakina imikino migari y’isiganwa ku magare harimo na Tour du Rwanda 2023.

Uri kubera mu ishuri ryitwa African Riding Academy

Bari kwitegura kandi amarushanwa mpuzamahanga nka La Tropicale Amissa Bongo 2023, Shampiyona y’Afurika 2023 na Shampiyona y’Isi 2025.

Perezida w’ishyirahamwe nyarwanda ry’abakina umukino w’amagare Abdallah Murenzi aherutse kubwira Taarifa mu kiganiro kihariye yaduhaye, ko we na bagenzi be bari gukora uko bashoboye ngo bazamure urwego rw’abakina umukino w’igare mu Rwanda.

Perezida Abdallah Murenzi

Yatubwiye ko babikora binyuze mu gukora amasiganwa menshi kugira ngo abantu bamenyere kandi bahabwe n’uburyo bwo guhatana mu yandi marushanwa mpuzamahanga azatuma bateza imbere umwuga wabo.

Musanze: Batangiye Kwiherera Bategura Tour du Rwanda

TAGGED:AmagareMurenziMusanze
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Ati: ‘Afurika Si Umugabane W’Ibibazo’
Next Article Ese Umurimo Uracyari Uguhinga Ibindi Bikaba Amahirwe?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?