Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Yafashwe Nyuma Y’Imyaka 16 Ashakishwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Yafashwe Nyuma Y’Imyaka 16 Ashakishwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 March 2023 10:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo ukomoka mu Butaliyani witwa Edgardo Greco yafashwe na Polisi y’u Butaliyani ifatanyije na Polisi mpuzamahanga nyuma y’imyaka 16 yari amaze yihisha. Basanze ari umutetsi w’imigati mu Bufaransa.

Akurikiranyweho ubwicanyi yakoze mu gihe kirekire yamaze akorana n’umutwe w’abagizi ba nabi witwa ‘Ndrangheta.’

Mu mwaka wa 1990 yakatiwe n’inkiko akurikiranyweho kwica abantu babiri ariko aza gutoroka.

Muri kiriya gihe yafashwe na Polisi y’u Bufaransa, umufatiye afitwa Saint-Étienne.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu rukiko yakatiwe gufungwa burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica abantu babiri akoresheje umutarimba( ni icyuma wagereranya n’umuhini), abasanze mu iduka ricuruza amafi.

Polisi y’u Bufaransa n’iy’Ubutaliyani zarakoranye ziza gusanga uriya mugabo yariyoberanyije aba umutetsi w’imigati ya Pizza muri resitora imwe yo mu Bufaransa.

Nyuma yo gukatirwa mu myaka twavuze haruguru, yaje gutoroka ajya kwihisha mu Bufaransa.

Ifatwa ry’uriya mugabo ribaye nyuma y’ifatwa ry’undi muyobozi w’aba mafia witwa Matteo Messina Denaro.

Polisi mpuzamahanga isanzwe ifite gahunda yo gufata abahoze muri Ndrangetha kuko bari mu bantu bazengereje u Butaliyani n’ibindi mu bihugu by’Amajyepfo y’u Burayi n’ahandi ku isi.

- Advertisement -
TAGGED:ButaliyanifeaturedIbyahaPolisiUbwicanyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Eddy Kenzo Mu Baharanira Grammy Awards
Next Article Perezida Ndayishimiye Yagiranye Ibiganiro Na Mugenzi We W’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?