Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Yafashwe Nyuma Y’Imyaka 16 Ashakishwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Yafashwe Nyuma Y’Imyaka 16 Ashakishwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 March 2023 10:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo ukomoka mu Butaliyani witwa Edgardo Greco yafashwe na Polisi y’u Butaliyani ifatanyije na Polisi mpuzamahanga nyuma y’imyaka 16 yari amaze yihisha. Basanze ari umutetsi w’imigati mu Bufaransa.

Akurikiranyweho ubwicanyi yakoze mu gihe kirekire yamaze akorana n’umutwe w’abagizi ba nabi witwa ‘Ndrangheta.’

Mu mwaka wa 1990 yakatiwe n’inkiko akurikiranyweho kwica abantu babiri ariko aza gutoroka.

Muri kiriya gihe yafashwe na Polisi y’u Bufaransa, umufatiye afitwa Saint-Étienne.

Mu rukiko yakatiwe gufungwa burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica abantu babiri akoresheje umutarimba( ni icyuma wagereranya n’umuhini), abasanze mu iduka ricuruza amafi.

Polisi y’u Bufaransa n’iy’Ubutaliyani zarakoranye ziza gusanga uriya mugabo yariyoberanyije aba umutetsi w’imigati ya Pizza muri resitora imwe yo mu Bufaransa.

Nyuma yo gukatirwa mu myaka twavuze haruguru, yaje gutoroka ajya kwihisha mu Bufaransa.

Ifatwa ry’uriya mugabo ribaye nyuma y’ifatwa ry’undi muyobozi w’aba mafia witwa Matteo Messina Denaro.

Polisi mpuzamahanga isanzwe ifite gahunda yo gufata abahoze muri Ndrangetha kuko bari mu bantu bazengereje u Butaliyani n’ibindi mu bihugu by’Amajyepfo y’u Burayi n’ahandi ku isi.

TAGGED:ButaliyanifeaturedIbyahaPolisiUbwicanyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Eddy Kenzo Mu Baharanira Grammy Awards
Next Article Perezida Ndayishimiye Yagiranye Ibiganiro Na Mugenzi We W’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUmutekano

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Ebola Yagarutse Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?