Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Yahirikiye Se Mu Musarane Wa Metero 20
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Yahirikiye Se Mu Musarane Wa Metero 20

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 January 2023 9:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo gutongana bapfa umurima, umuhungu w’imyaka 22  muri Kenya ahitwa Longisa yahiriye Se w’imyaka 60 mu bwiherero bamukuramo yanegekaye.

Se w’uriya musore yitwa Samuel Tanui. Nyuma y’iminsi ibiri yamaze mu musarane wari utarakoreshwa, yaje kumvwa n’umuntu wari uhise aho aramutabariza bamukuramo agihumeka.

Bamujyanye ku bitaro by’icyitegererezo byitwa Longisa County Referral Hospita.

Abaturanyi bakimara kumva iyo nkuru barahuruye bashaka urwego barumanukiraho bageze mu mwobo bafasha uwo musaza kuwuvamo agihumeka.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ukurikiranyweho gukora biriya yaje gufatwa ubwo yari atashye yizeye ko Se yamaze gupfa.

Uyu musore yitwa Charles Kiplangat Rotich.

Abapolisi bahise bamuta muri yombi bajya kumufungira kuri station ya Polisi ya Longisa.

Yababwiye ko yamusunikiye muri uriya mwobo nyuma y’uko undi yari yanze kumuha ku isambu y’umuryango.

Umupolisi mukuru mu baje gutabara uriya musaza yabwiye The Citizen Digital ko yashimishijwe n’uko k’ubw’amahirwe nta mvura yaguye kuko yari buhitane uriya mugabo bitewe n’amazi yari bumusange mu mwobo.

- Advertisement -
TAGGED:KenyaPolisiUmusaraneUmusoreUmwobo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kamonyi: Yafatanywe $2,550 Y’Amiganano
Next Article Umunyarwanda Arasifuza Umukino Wa ¼ cya CHAN
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?