Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Yahirikiye Se Mu Musarane Wa Metero 20
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Yahirikiye Se Mu Musarane Wa Metero 20

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 January 2023 9:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo gutongana bapfa umurima, umuhungu w’imyaka 22  muri Kenya ahitwa Longisa yahiriye Se w’imyaka 60 mu bwiherero bamukuramo yanegekaye.

Se w’uriya musore yitwa Samuel Tanui. Nyuma y’iminsi ibiri yamaze mu musarane wari utarakoreshwa, yaje kumvwa n’umuntu wari uhise aho aramutabariza bamukuramo agihumeka.

Bamujyanye ku bitaro by’icyitegererezo byitwa Longisa County Referral Hospita.

Abaturanyi bakimara kumva iyo nkuru barahuruye bashaka urwego barumanukiraho bageze mu mwobo bafasha uwo musaza kuwuvamo agihumeka.

Ukurikiranyweho gukora biriya yaje gufatwa ubwo yari atashye yizeye ko Se yamaze gupfa.

Uyu musore yitwa Charles Kiplangat Rotich.

Abapolisi bahise bamuta muri yombi bajya kumufungira kuri station ya Polisi ya Longisa.

Yababwiye ko yamusunikiye muri uriya mwobo nyuma y’uko undi yari yanze kumuha ku isambu y’umuryango.

Umupolisi mukuru mu baje gutabara uriya musaza yabwiye The Citizen Digital ko yashimishijwe n’uko k’ubw’amahirwe nta mvura yaguye kuko yari buhitane uriya mugabo bitewe n’amazi yari bumusange mu mwobo.

TAGGED:KenyaPolisiUmusaraneUmusoreUmwobo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kamonyi: Yafatanywe $2,550 Y’Amiganano
Next Article Umunyarwanda Arasifuza Umukino Wa ¼ cya CHAN
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

BK Ikora Ite Ngo Yunguke?

DRC: Abantu 16 Bashimuswe Na CODECO

Kwihaza Mu Biribwa Muri Afurika Biracyari Kure

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Urwibutso Rwa Jenoside Yakorewe Abayahudi Baruhumanyije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Perezida Wa Palestine Yimwe Visa Yo Kuzajya Muri Amerika Mu Nama Ya UN

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?