Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Yahya Sinwar: Nomero Ya Mbere Israel Ishaka Kwivugana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Yahya Sinwar: Nomero Ya Mbere Israel Ishaka Kwivugana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 October 2023 8:26 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uyu mugabo w’imyaka 60 y’amavuko niwe muyobozi wa Hamas muri iki gihe. Umuvugizi w’ingabo za Israel witwa Lt Col Richard Hecht yavuze ko ari we wa mbere Israel iri guhigisha uruhindu n’abo bafatanyije kandi ngo ntizagoheka itamwivuganye.

Ingabo za Israel zivuga ko iminsi ya Yahya Sinwar ibaze, ko ibye biri hafi kurangira.

Uyu mugabo Israel igereranya Oussama Bin Laden wayo yigeze kumara imyaka 24 afungiye muri gereza zo muri Israel ariko aza gufungurwa nk’ingurane Israel yatanze ngo Hamas ifungure umusirikare wayo Gilad Shalit.

Lt Col Richard Hecht avuga ko bazaruhuka ari uko bivuganye uriya mugabo

Kuva icyo gihe Sinwar yabaye umwe mu bakomeye ba Hamas ndetse ngo niwe wari mu bambere batanze amabwiriza yo kugaba ibitero kuri Israel  taliki 07,Ukwakira, 2023.

Ibi bitero kugeza ubu bimaze guhitana abantu 1,300.

Mu bantu bahitanywe n’ibi bitero kandi harimo Abanyamerika 29, n’abandi 15 bitazwi iyo barengeye.

Mu mwaka wa 2015, Amerika yamushyize ku rutonde rw’abantu bakora iterabwoba.

Mu gihe ibintu bikiri aho, ku rundi ruhande, Iran yaraye itangaje ko yiteguye gufasha Palestine na Hamas.

Mu buryo bweruye, isanzwe ifasha Hezbollah.

TAGGED:AmerikafeaturedIranIsraelPalestine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article 85% Y’Ubutaka Buhingwa Ku Isi Yanditswe Ku Bagabo- UN
Next Article Umunyamabanga Nshingwabikorwa W’Akarere Ka Ngoma Yafungiwe Ruswa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?