Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Yapfuye Avuye Mu Nama Y’Abaminisitiri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Yapfuye Avuye Mu Nama Y’Abaminisitiri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 January 2023 8:10 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Michael Moussa Adamo wari ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Gabon yaraye atabarutse avuye mu nama y’Abaminisitiri. BBC yanditse ko bikekwa ko yazize umutima.

Uyu mugabo wari ufite imyaka 62 y’amavuko yaguye kwa muganga nyuma y’uko abaganga bagerageje kumufasha ngo umutima we ukomeze gutera ariko ntibyakunda.

Michael Moussa Adamo wari ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Gabon yaraye atabarutse

Perezida wa Gabon Ali Bongo yavuze ko yababajwe n’urupfu rutunguranye rwa Moussa Adamo.

Ati: “ Yari umunyapolitiki mwiza w’umuhanga. Kuri njye kandi yari arenze kuba Minisitiri ahubwo yari n’inshuti yizerwa kandi buri gihe nabaga nezeye ko ari busohoze neza inshingano ze.”

Mbere y’uko aba umunyapolitiki, Adamo yabanje kuba umunyamakuru w’icyamamare kuri televiziyo ya Gabon.

Yahavuye ajya muri Politiki ya Gabon ndetse ayigiriramo umugisha kuko yakoze mu nzego zitandukanye zirimo no kuba umujyanama wihariye wa Perezida Bongo.

Izi nshingano yazivuyemo aba Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, izi zikaba ari zo nshingano za nyuma yakoze kugeza ubwo yaraye atabarutse.

TAGGED:AmahangaBongofeaturedGabonMinisitiriUbubanyiUmutima
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Amafaranga Asubizwa Abasora Babyemerewe N’Amategeko ‘Agiye Kongerwa’
Next Article Abagore Bari Barashimutanywe N’Abana Babohojwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?