Mu buzima hari ibintu bibiri bitangaza abantu kurusha ibindi. Gusaza no gusinzira. Gusaza ni byo ni ikindi kindi. Abantu bibaza ikintu kiba mu mubiri w’umuntu gituma...
Michael Moussa Adamo wari ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Gabon yaraye atabarutse avuye mu nama y’Abaminisitiri. BBC yanditse ko bikekwa ko yazize umutima. Uyu mugabo wari ufite...
Abatuye mu mijyi bakunze kuvuga ko imibereho yabo itabemerera mu buryo bworoshye kubona umwanya wo gukora siporo. Uko byagenda kose ariko, umuntu yihaye gahunda yo gukora...
Igikomangoma Bajrakitiyabha wa Thailand ari mu bitaro nyuma yo gufatwa n’umutima ubwo yari ari muri siporo. Uyu mugore w’imyaka 44 y’amavuko yikubise hasi ari kumwe n’imbwa...
Ku bufatanye bw’Ikigo cyo muri Israel kitwa Save A Child’s Heart na Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda, abana icumi baherutse koherezwa muri Israel kugira ngo bavurwe umutima....