Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Yateye Umwami W’u Bwongereza Igi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Yateye Umwami W’u Bwongereza Igi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 January 2023 3:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umusore w’imyaka 21 y’amavuko witwa Harry May yemeye ko yateye umwami w’u Bwongereza Charles III igi ubwo yari aciye mu gace Harry atuyemo.

Uyu musore yabwiye urukiko ko yabitewe n’umujinya w’uko abatuye mu gace ke babayeho nabi.

Bisa n’ubutumwa yashakaga guha umwami ngo azibuke ko nabo ari Abongereza nk’abandi.

Uyu musore yateye umwami w’u Bwongereza igi taliki 06, Ukuboza, 2022 ariko urukiko rw’i Westminster  yarubwiye ko kumva ngo umwami yaje mu gace kabo byari nko kubashinyagurira.

Urukiko rwamuhanishije kwishyura amande ya £100.

Ubwo yamuteraga igi, umwami Charles III yahungishijwe n’abashinzwe umutekano we, bamwigiza ku ruhande ariko nyuma akomeza urugendo rwe n’amaguru.

Uwabikoze bahise bamuta muri yombi.

Abapolisi bahise bamufata ako kanya

Umushinjacyaha witwa Jason Seetal yavuze ko igi uriya musore yateye umwami ryamuguye hafi ariko ntiryamushwanyukiraho.

Uyu musore mu rukiko ubwo yakatirwaga yaruciye ararumira.

Umwunganira ari we Alex Benn yavuze ko umukiliya we yicuza icyo yabikoreye kandi ngo yiteguye kwemera ingaruka zabyo zose.

TAGGED:BwongerezaIgiUmwamiUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyarugenge: Ikamyo Yagonze Imodoka Ya RDF
Next Article Kigali: Umwana Wazize Impanuka Ajya Ku Ishuri Na Bagenzi Be Yashyinguwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?