Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Yavuye Nyagatare Ari Muzima Yicirwa Muri Kicukiro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Yavuye Nyagatare Ari Muzima Yicirwa Muri Kicukiro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 April 2023 7:43 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro haraye habonetse umurambo w’umusore w’imyaka 29 witwa Sunday bivugwa ko yari yaturutse mu Karere ka Nyagatare.

Ifoto ye akiri muzima imwerekana ahetse igikapu bikaba bikekwa ko ari iyo bamufotoreye iwabo mbere y’uko aza muri Kigali ari n’aho yaguye.

Sunday Raban birakekwa ko yishwe n’abamutegeye mu nzira atashye bamutera ibyuma kuko umurambo we wagaragaye wakomerekejwe cyane.

Sunday Raban yavuye iwabo ari muzima yicirwa mu Mujyi wa Kigali

Bawusanze mu Mudugudu wa Kabaya, Akagari ka Rwimbogo, Umurenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro.

Abamwishe bamuteze mu rukerera bamutera ibyuma ariko kugeza ubu ntibaramenyekana.

Hari umwe mu bamuzi wavuze ko nyakwigendera yari umuntu utuje.

Umuvandimwe wa Raban witwa Cyiza yabwiye bagenzi bacu b’ UMUSEKE ko Raban yavuye mu rugo ku mugoroba agiye kureba umuntu kandi ngo uwo muntu baramuzi, ariko bakeka ko ‘yishwe ku mpamvu z’ubugizi bwa nabi bw’abantu bamuteze.’

Ati “Uwo muntu turamuzi, banatandukanye mu masaha ya saa kumi (04h00 a.m), turakeka ko yishwe ku mpamvu z’ubujura busanzwe. Turifuza ubutabera.”

Sunday akomoka mu Murenge wa Musheri mu Karere ka Nyagatare.

Umurambo we wajyanywe  ku bitaro bya Kacyiru gukorerwa isuzuma.

TAGGED:featuredKicukiroNyagatareubujuraUmusore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umugambi Wa Macron Na Biden Mu Kwinjiza u Bushinwa Mu Kibazo Cya Ukraine
Next Article Nigeria: Bongeye Gushimuta Abana B’Abakobwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?