Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Yishimira Ko Nyuma Yo Kuba Impunzi Ubu Ari Ingabo Y’Amerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Yishimira Ko Nyuma Yo Kuba Impunzi Ubu Ari Ingabo Y’Amerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 October 2024 9:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku rukuta rwe rwa X, Justin Bitana Munyazesa arishimira imyaka itandatu ishize abaye umusirikare w’Amerika.

Avuga ko muri icyo gihe cyose yakoze uko ashoboye aba umusirikare mwiza warahiriye kurinda igihugu cya mbere gikomeye ku isi.

Bitana avuga ko urugendo rwe kugira ngo agere ku byo yagezeho muri iki gihe rwabaye rurerure.

Mu myaka y’ubuto bwe, Bitana yabaye impunzi akurira muri ubwo buzima.

Ntasobanura neza aho yahungiye ariko yemeza ko kuva mu buzima bw’ubuhunzi ukemererwa kujya mu ngabo z’Amerika ukaba Officer ari urugendo atari yiteze akiri muto ariko rwamuhinduriye byinshi mu buzima bwe.

Ati: “ Uru rugendo rwabaye rurerure ariko nanone rwahinduye byinshi mu buzima bwanjye. Imyaka ibaye itandatu mbaye umusirikare w’Amerika kandi ni iby’agaciro kuri njye”.

Six years ago, I took an oath to defend this great nation, the United States of America, as an Officer Candidate. My journey from a refugee boy to an officer has been unexpected and transformative. Despite the challenges, I've found my passion and strength in the camaraderie of… pic.twitter.com/okw2TZgxA3

— Justin Bitana Munyazesa (@JustinBitana) October 15, 2024

Justin Bitana Munyazesa ashimira bagenzi be mu ngabo z’Amerika bafatanya mu kazi akavuga ko bamubereye indahemuka mu rugendo rwe rw’akazi, akemeza ko azakomerazanya nabo mu kurinda Amerika n’inyungu zayo aho ariho hose ku isi.

Bitana yinjiye mu ngabo z’Amerika taliki 15, Ukwakira, 2018, kuri uyu wa Kabiri ku italiki nk’iyi akaba yajuje imyaka itandatu muri aka kazi.

Uyu musirikare aherutse mu Rwanda atembera mu Burengerazuba bw’u Rwanda aciye muri Pariki ya Nyungwe, atangarira kandi ashima uko umuhanda waho usa neza.

Yanashimye ko iri shyamba ririnzwe n’ingabo z’u Rwanda zikora kinyamwuga kandi ubudasiba.

I drove through Nyungwe Forest National Park day and night, I truly got to appreciate the beauty and safety this beautiful Country has to offer. Naho abavuga ngo nywe they haven’t seen what Rwanda has to offer. pic.twitter.com/nY3TPup6l4

— Justin Bitana Munyazesa (@JustinBitana) July 24, 2024

TAGGED:BitanafeaturedIngaboNyungweUmunyamerikaUmusirikare
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amavubi Yijajaye Atsinda Benin
Next Article Abarundi Bifuza Ko Tuboroza Bakabangamirwa N’Umupaka Ufunze-Umworozi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?