Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Yishimira Ko Nyuma Yo Kuba Impunzi Ubu Ari Ingabo Y’Amerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Yishimira Ko Nyuma Yo Kuba Impunzi Ubu Ari Ingabo Y’Amerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 October 2024 9:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku rukuta rwe rwa X, Justin Bitana Munyazesa arishimira imyaka itandatu ishize abaye umusirikare w’Amerika.

Avuga ko muri icyo gihe cyose yakoze uko ashoboye aba umusirikare mwiza warahiriye kurinda igihugu cya mbere gikomeye ku isi.

Bitana avuga ko urugendo rwe kugira ngo agere ku byo yagezeho muri iki gihe rwabaye rurerure.

Mu myaka y’ubuto bwe, Bitana yabaye impunzi akurira muri ubwo buzima.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ntasobanura neza aho yahungiye ariko yemeza ko kuva mu buzima bw’ubuhunzi ukemererwa kujya mu ngabo z’Amerika ukaba Officer ari urugendo atari yiteze akiri muto ariko rwamuhinduriye byinshi mu buzima bwe.

Ati: “ Uru rugendo rwabaye rurerure ariko nanone rwahinduye byinshi mu buzima bwanjye. Imyaka ibaye itandatu mbaye umusirikare w’Amerika kandi ni iby’agaciro kuri njye”.

Six years ago, I took an oath to defend this great nation, the United States of America, as an Officer Candidate. My journey from a refugee boy to an officer has been unexpected and transformative. Despite the challenges, I've found my passion and strength in the camaraderie of… pic.twitter.com/okw2TZgxA3

— Justin Bitana Munyazesa (@JustinBitana) October 15, 2024

Justin Bitana Munyazesa ashimira bagenzi be mu ngabo z’Amerika bafatanya mu kazi akavuga ko bamubereye indahemuka mu rugendo rwe rw’akazi, akemeza ko azakomerazanya nabo mu kurinda Amerika n’inyungu zayo aho ariho hose ku isi.

Bitana yinjiye mu ngabo z’Amerika taliki 15, Ukwakira, 2018, kuri uyu wa Kabiri ku italiki nk’iyi akaba yajuje imyaka itandatu muri aka kazi.

- Advertisement -

Uyu musirikare aherutse mu Rwanda atembera mu Burengerazuba bw’u Rwanda aciye muri Pariki ya Nyungwe, atangarira kandi ashima uko umuhanda waho usa neza.

Yanashimye ko iri shyamba ririnzwe n’ingabo z’u Rwanda zikora kinyamwuga kandi ubudasiba.

I drove through Nyungwe Forest National Park day and night, I truly got to appreciate the beauty and safety this beautiful Country has to offer. Naho abavuga ngo nywe they haven’t seen what Rwanda has to offer. pic.twitter.com/nY3TPup6l4

— Justin Bitana Munyazesa (@JustinBitana) July 24, 2024

TAGGED:BitanafeaturedIngaboNyungweUmunyamerikaUmusirikare
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amavubi Yijajaye Atsinda Benin
Next Article Abarundi Bifuza Ko Tuboroza Bakabangamirwa N’Umupaka Ufunze-Umworozi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?