Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Zimbabwe Yakuyeho Igihano Cy’Urupfu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Zimbabwe Yakuyeho Igihano Cy’Urupfu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 February 2024 9:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inama y’Abaminisitiri muri Zimbwabwe yanzuye ko igihano cy’urupfu gukurwa mu bindi bigenwa n’amategeko y’iki gihugu.

Ni umwanzuro wafashwe nyuma y’igihe kirekire hari impaka mu Nteko ishinga amategeko kuri iyi ngingo.

Reuters yanditse ko iki gihano cyasimbujwe imyaka myinshi muri gereza mu gihe uwaregwaga ahamijwe icyaha kiri mu bikomeye bigenwa n’amategeko ya Zimbabwe.

Igihano cy’urupfu  mu mategeko ya Zimbabwe cyari cyarashyizweho mu myaka y’ubukoloni bw’Abongereza bakoronije iki gihugu.

Itangazo ririmo ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri rivuga ko hazarebwa uko ibihano bigenewe  abantu bakoze ibyaha bikomeye biteganyijwe, byagirwa birebire ariko ihame ry’uko umuntu adakwiye kwamburwa ubuzima rigakurikizwa.

Zimbazwe yaherukaga gushyira mu bikorwa igihano cyo kwica uhamijwe ibyaha mu mwaka wa 2005.

Twibukiranye ko na Perezida Emmerson Mnangagwa uyobora Zimbazwe muri iki gihe yigeze gukatirwa urwo gupfa mu gihe cy’ubukoloni bw’Abongereza ariko ararusimbuka.

TAGGED:featuredIgihanoMnangagwaUrupfuZimbabwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kibeho: Perezida Duda Yahawe Ishusho Ya Bikira Mariya
Next Article Rusizi: Aravugwaho Kwicisha Umugore We Ishoka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?