Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: 7% By’Abanyarwanda Banywa Itabi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

7% By’Abanyarwanda Banywa Itabi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 March 2023 10:55 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibare iherutse gutangazwa  n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare igaragaza ko 7% by’Abanyarwanda bose ari abanywi b’itabi bahoraho.

Abatuye Intara y’Amajyepfo nibo barinywa kenshi kurusha ahandi.

Ubushakashatsi bwerekana ko kunywa itabi akenshi biterwa no gushaka kwigana no kwemerwa n’urungano rwo mu gihe cy’ubusore.

Bivuze ko abantu batangira kuba abanywi b’itabi bahoraho bakiri bato.

Kubera ko Umunyarwanda akunda gutuma umwana we cyangwa undi aruta, hari abantu batangiye gutumura umwotsi w’itabi bakiri bato cyane ahanini   bitewe n’uko babisabwaga na ba Se cyangwa Sekuru iyo babaga babatumye ‘kubadomekera agatabi.’

Abanyarwanda bo hambere bo bavugaga ko ‘nta mugabo’ utanywa inzoga n’itabi.

Umukozi w’ikigo cy’igihugu cy’ubuzima Ntaganda Evariste ukora muri serivisi z’indwara zitandura

yabwiye RBA  ko kunywa itabi bitera indwara zitandura zitandukanye zirimo n’iz’ubuhumekero.

Avuga ko umuntu wese yagombye kuzirikana ko afite inshingano zo kwita ku mubiri we n’ubuzima bwe akabirinda icyabuhumanya cyangwa ngo kibwangize mu bundi buryo.

Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Alice Kayitesi avuga ko agiye gukorana n’abandi bafatanyije mu buyobozi bagatangiza ubukangurambaga bwo guhashya itabi.

Imibare igaragaza ko Akarere ka mbere gafite abaturage banywa itabi ari Kamonyi kuko bangana na 9.8%.

TAGGED:featuredIndwaraItabiKamonyiKayitesi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Abarwanyi Ba ADF Bahitanye Abantu 35
Next Article Paris -Saint Germain Irashaka Kugura Stade Nkuru Y’u Bufaransa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Tuzakomeza Gukorana N’u Rwanda No Mu Guhanga Udushya-Amb Wa Israel

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

You Might Also Like

Mu mahanga

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibidukikije

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?