Urwego Rw’Igihugu Rw’Amakoperative Rwahawe Umuyobozi Mushya

Staff Write
1 Min Read

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko guhera kuri uyu wa Kane taliki 10, Kanama, 2023 Ikigo cy’igihugu cy’amakoperative gitangira kuyoborwa na Dr.Patrice Mugenzi.

Aje asimbura Madamu Pacifique Mugwaneza wari umuyobozi w’iki kigo by’agateganyo.

Itangazo rishyiraho Dr Mugenzi muri uyu mwanya

Dr Mugenzi ni umuhanga mu by’ubuhinzi n’ubworozi akaba yari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda.

Mugwaneza yari aherutse guha ikiganiro Taarifa avuga ko bibazo abona ko bikwiye kwitabwaho kugira ngo amakoperative yo mu Rwanda atere imbere.

Pacifique Mugwaneza

Soma ikiganiro:

https://test.taarifa.rw/ubukangurambaga-mu-byimari-burakenewe-ikiganiro-numuyobozi-wa-rca/

Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *