Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IkoranabuhangaImibereho Y'Abaturage

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 October 2025 7:04 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo Global Witness kivuga ko urubuga TikTok rutarinda abana barukoresha kugera no kureba amashusho y’urukozasoni.

Abakozi b’iki kigo gisanzwe gikora ubushakashatsi ku burenganzira bwa muntu bavuga ko hari ubwo bakoze bashingiye kuri konti z’abana z’impimbano, bashyiraho n’uburyo bw’umutekano bwashyizweho na TikTok ariko ntibibuze ko abo bana babona ubutumwa bubagaragariza amashusho aganisha k’ubusambanyi.

Ni amashusho agaragaza abakora imibonano mpuzabitsina n’ibindi bisa nabyo.

Ibirenze ibyo ni uko hari n’abana bafite imyaka 13 nabo bashyirwa muri iyo mimerere ibangiriza ibitekerezo.

Abashinzwe TikTok bo bavuga ko bashyizeho uburyo bwitwa ‘restricted mode’ butuma abana batabona ibitari mu kigero cyabo, aho urwo rubuga ruvuga ko uwashyizemo ubwo buryo atabona amashusho aganisha ku busambanyi cyangwa izindi ngingo z’amakuru arenze ibitekerezo bye.

Gusa abashakashatsi bo ntibabibona batyo.

Ava Lee avuga ko ibyo babonye ari agahomamunwa kandi bigakorwa kuko TikTok yananiwe guhagarika ayo mashusho ahubwo ‘ibikora nkana.’

Ati: “TikTok si uko yananiwe guhagarikira abana kubona ibidakwiye ahubwo iribibashakira, ikabibereka bakimara gufungura konti nshya.”

TikTok yo ivuga ko ifite uburyo burenga 50 bwo kurinda urubyiruko ndetse ngo yiyemeje gukuraho 99% by’amashusho anyuranyije n’amategeko yarwo.

TAGGED:AbanafeaturedIkoranabuhangatelefoniUbusambanyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu Rwanda

U Rwanda Rugiye Gushinga Ikigo Gitoza Gukumira Ibitero By’Ikoranabuhanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?