Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abagororwa B’Abanyarwanda Basaba Imbabazi Abo Bahemukiye Bakiyunga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abagororwa B’Abanyarwanda Basaba Imbabazi Abo Bahemukiye Bakiyunga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 January 2023 7:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gutanga ubutabera binyuze mu bwiyunge no kubaka amahoro, Guverinoma y’u Rwanda yatangije uburyo bwo gusaba imbabazi bikozwe n’uwahemutse bityo uwahemukiwe akamubabarira, bakiyunga kandi bigakumira ubucucike mu magereza.

Abayobotse ubu buryo bavuga ko kwemera icyaha ukagisabira imbabazi byabatumye bagabanyirizwa  uburebure bw’igifungo kandi bituma umutima uruhuka.

Umwe muri abo witwa Uwitwa Uwera Claudine warekuwe yabwiye bagenzi bacu ba RBA ati: “Nari kuzamara imyaka itatu ariko ubu bangiriye impuhwe maze amazi 10 kandi ngiye gusubira mu rugo. Rero ndashishikariza bagenzi banjye kugira ubwumvikane.”

Si abaregwa bavuga akamaro k’ubwumvikane bonyine, ahubwo n’abunganira abandi mu mategeko barabushima.

Bavuga ko ubwumvikane butuma abakiliya babo bemera icyaha ntibatinde mu manza.

Icyakora bo basanga hari imbogamizi zikiri muri ubu buryo bwo gutanga ubutabera.

Zirimo iz’uko ubwumvikane budakoreshwa ku byaha byose kandi ntibiragera mu gihugu hose k’uburyo aho waba uri hose waburana muri ubu buryo.

Icyakora umuvugizi w’Inkiko, Mutabazi Harrison avuga ko buriya buryo bukiri mu igeragezwa.

Kubera iyo mpamvu, asanga mu gihe kiri imbere izo mbogamizi zizavaho binyuze mu kunoza imigendekere ya buriya buryo ndetse n’ubuso bw’aho bukuroshwa.

Akamaro k’ubu buryo karaye kagaragaye kubera ko abagororwa bagera kuri 71 baburaniraga mu nkiko baraye barekuwe binyuze muri ubwo buryo.

TAGGED:AbagororwafeaturedImanzaInkikoMutabazi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yahuye N’Abo Mu Muryango We Nyuma Y’Imyaka 66 Baraburanye
Next Article Ingabo Za DRC Zivuga Ko Zaretse M23 Ifata Umujyi Wa Kitshanga ‘Ku Bushake’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

DRC: Bashyinguye Bundi Bushya Nyuma Y’Uko Imyuzure Ishenye Irimbi

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

RDB Yakoresheje Imibare Inyomoza Abanditse Ko Abanyamerika Bashora Mu Rwanda Bagabanutse

Abo YouTube Ihemba Bize Uko Ubwenge Buhangano Bwarushaho Kubungura

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ndayishimiye Aherutse Kujya Kwishyuza Tshisekedi

Ese Uburundi Burashaka Gufasha DRC No Muri Dipolomasi?

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Wa Centrafrique Ari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umuyobozi Wa Imbuto Foundation Hari Icyo Asaba Abato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?