Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abahuza Mu Biganiro Byo Kugarura Amahoro Muri DRC Baganirijwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Abahuza Mu Biganiro Byo Kugarura Amahoro Muri DRC Baganirijwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 April 2025 1:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr. William Samoei Ruto uyobora Kenya akayobora n’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba yaganirije abantu batanu baherutse gushyirwaho ngo bazabe abahuza mu bibazo biri hagati ya M23  na Repubulika ya Demukarasi ya Congo ndetse n’ibiri hagati y’u Rwanda na DRC.

Abo ni Olusegun Obasanjo, Uhuru Kenyatta, Sahle-Work Zewde na Catherine Samba Panza na Kgalema Motlanthe gusa uyu wa nyuma we ntiyayitabiriye kubera impamvu zitatangajwe.

Nta makuru arambuye ku byo baganiriyeho yatangajwe ariko birashoboka ko Ruto yabahaye incamake y’uko ibibazo bihagaze muri iki gihe n’amateka yabyo mu buryo buvunaguye ariko burasa ku ntego.

Ibiganiro bya Luanda byahuzaga u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu rwego rwo gukemura  amakimbirane bifitanye, ibya Nairobi byo bigahuza Abanye-Congo bafitanye amakimbirane.

Muri bo harimo na M23 igizwe n’abaturage b’iki gihugu bashinja Leta yabo kubaheza mu mibereho y’igihugu cyabo.

Mu minsi ishize, hari ubuhuza bwatangijwe na Qatar ihuza Abakuru b’ibihugu byombi ari bo Perezia Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Guverinoma ya Qatar yagaragaje ko ishyigikiye imyanzuro yafashwe n’abakuru b’ibihugu byo muri EAC na SADC.

TAGGED:AbarwanyiAfurikaAmahoroAmasezeranoEACfeaturedM23
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasabo: Abarimo Umukobwa Bafatiwe Aho Bajyaga Bamburira Abantu
Next Article Leta Igomba Kugira Icyo Ikora Ikarinda Abanyarwanda Inkuba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?