Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abahuza Mu Biganiro Byo Kugarura Amahoro Muri DRC Baganirijwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Abahuza Mu Biganiro Byo Kugarura Amahoro Muri DRC Baganirijwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 April 2025 1:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr. William Samoei Ruto uyobora Kenya akayobora n’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba yaganirije abantu batanu baherutse gushyirwaho ngo bazabe abahuza mu bibazo biri hagati ya M23  na Repubulika ya Demukarasi ya Congo ndetse n’ibiri hagati y’u Rwanda na DRC.

Abo ni Olusegun Obasanjo, Uhuru Kenyatta, Sahle-Work Zewde na Catherine Samba Panza na Kgalema Motlanthe gusa uyu wa nyuma we ntiyayitabiriye kubera impamvu zitatangajwe.

Nta makuru arambuye ku byo baganiriyeho yatangajwe ariko birashoboka ko Ruto yabahaye incamake y’uko ibibazo bihagaze muri iki gihe n’amateka yabyo mu buryo buvunaguye ariko burasa ku ntego.

Ibiganiro bya Luanda byahuzaga u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu rwego rwo gukemura  amakimbirane bifitanye, ibya Nairobi byo bigahuza Abanye-Congo bafitanye amakimbirane.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Muri bo harimo na M23 igizwe n’abaturage b’iki gihugu bashinja Leta yabo kubaheza mu mibereho y’igihugu cyabo.

Mu minsi ishize, hari ubuhuza bwatangijwe na Qatar ihuza Abakuru b’ibihugu byombi ari bo Perezia Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Guverinoma ya Qatar yagaragaje ko ishyigikiye imyanzuro yafashwe n’abakuru b’ibihugu byo muri EAC na SADC.

TAGGED:AbarwanyiAfurikaAmahoroAmasezeranoEACfeaturedM23
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasabo: Abarimo Umukobwa Bafatiwe Aho Bajyaga Bamburira Abantu
Next Article Leta Igomba Kugira Icyo Ikora Ikarinda Abanyarwanda Inkuba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?