Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abakozi Babiri Ba UN Bishwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abakozi Babiri Ba UN Bishwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 October 2022 3:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Mali hari abantu babiri bari barohererejweyo ngo  bagarure kandi babumbatire amahoro mu kazi bahawe na UN ariko biswe barasiwe mu Majyaruguru y’iki gihugu.

Bari abakozi ba UN bari mu butumwa bwise MINUSMA.

Reuters yanditse ko  abo bapolisi bishwe bari mu kazi ko gusuzuma niba mu mihanda y’ahitwa Tessalit idatezemo ibisasu.

Tessalit iba mu Ntara ya Kidal mu Majyaruguru ya Mali.

Birakekwaho ko bishwe n’abarwanyo ba Al Qaeda bakorera muri Sahel.

Kuva mu mwaka wa 2013 kugeza mu mwaka wa 2022 abakozi ba MINUSMA( the United Nations Multidimensional Integrated Stabilization Mission in Mali) 174 barishwe.

Muri iki gihe MINUSMA ifite abakozi  12,000.

Bivugwa ko ari ho hantu hamaze kugwa abakozi benshi ba UN mubo yohereje hirya no hino ku isi.

 

TAGGED:AbakoziAbasirikarefeaturedMali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article FERWAFA Yahaye Gatete Jimmy Impano Y’Ubudashyikirwa Mu Mupira W’Amaguru
Next Article Rwanda: Icyo Ababyeyi Bavuga Ku Cyemezo Inteko Ishinga Amategeko Yaraye Ifashe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?