Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abakuru B’Ibihugu Bikize Kurusha Ibindi Muri Afurika Baganiriye Ku Bucuruzi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abakuru B’Ibihugu Bikize Kurusha Ibindi Muri Afurika Baganiriye Ku Bucuruzi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 June 2024 11:50 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Nigeria Bola Tinubu yahuye na mugenzi we uyobora Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa uherutse kurahirira kongera kuyobora igihugu cye, baganira ku mikoranire mu bucuruzi.

Aba bagabo bayobora ibihugu bya mbere bikize kurusha ibindi muri Afurika.

Imibare iheruka yerakana ko Nigeria ari cyo gihugu cya mbere gikize muri Afurika, ikaba ifite umusaruro mbumbe ungana na Miliyari $ 510.

Uretse kuba ikize ku bikomoka kuri Petelori  na gazi, Nigeria ifite urwego rw’abahanzi n’ubugeni ruteye imbere ku buryo ari yo ya mbere ifite filimi n’umuziki bikunzwe kurusha ahandi hose muri Afurika.

Ni urwego rwatumye ihita itambuka kuri Afurika y’Epfo mu bukungu.

Igihugu cya gatatu mu kugira ubukungu buri hejuru ni Misiri nyuma y’Afurika y’Epfo.

Icyakora iyo urebye uko abaturage babayeho, usanga igihugu cya mbere gifite abaturage babayeho neza ari ibirwa bya Seychelles n’ibya Maurices.

Ibi bihugu ni bito, bikora ku Nyanja kandi bituwe n’abaturage bake kandi bize bose.

Ni akarusho gatuma iyo umusaruro mbumbe usaranganyijwe mu baturage babyo bituma bahita baba aba mbere bakize kurusha abandi ku mugabane w’Afurika.

Ku rubuga rwa Perezidansi y’Afurika y’Epfo handitse  ko Ramaphosa na Tinubu baganiriye uko ibihugu byombi byakorana mu bucuruzi budafite uwo bubangamiye muri ibi bihugu byombi.

Kuko ari ibihugu bikize kurusha ibindi, ni ngombwa ko biganira uko hatabaho ihangana nk’uko iki kibazo kimeze hagati y’Amerika n’Ubushinwa.

Afurika y’Epfo ifite umusaruro mbumbe wa Miliyari $405.3.

Ibiganiro hagati ya Tinubu na Ramaphosa byabereye muri Afurika y’Epfo aho Perezida wa Nigeria yari yaje mu muhango wo kurahira kwa mugenzi we Ramaphosa.

TAGGED:AfurikafeaturedMauricesNigeriaSeychellesUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yageze Mu Bufaransa Mu Nama Yiga Ku By’Inkingo
Next Article Umucuruzi Wibwe Miliyoni Frw 5 Yazisubijwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?