Kuri uyu wa Kane taliki 29, Kamena, 2023 nibwo Ibirwa bya Seychelles byizihije umunsi byaboneyeho ubwigenge. Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame nibo bari abashyitsi...
Ku munsi wa kabiri w’uruzinduko rwe muri Seychelles, Perezida Kagame yateye igiti. Ni igiti cyera ku rubuto rwa mbere runini mu bugari. Uru ni urubuto rwitwa...
Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba u Rwanda rukorana na Seychelles kandi uyu mubano ukaba ugomba gukomeza, bishingiye ku ngingo y’uko ubuyobozi bw’ibi bihugu bugamije ko...