Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abana Batatu Bishwe  N’Intare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ibidukikije

Abana Batatu Bishwe  N’Intare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 August 2021 1:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo bari baragiye bakaza kubura zimwe mu nyana, abana batatu bagiye kuzishaka bahura n’intare z’ingore zirabica.

Byabereye muri Tanzania muri pariki ya Ngorongoro nk’uko byatangajwe n’abashinzwe kuyirinda.

Abana bapfuye bari bafite hagati y’imyaka icyenda na cumi n’umwe.

Umuvugizi wa Polisi muri kariya gace witwa Justine Masejo yabwiye AFP ko bariya bana bagiye kuragira inyana bavuye ku ishuri.
Uyu mupolisi avuga ko hari n’undi mwana wakomerekejwe n’imikaka ya ziriya ntare ariko aratabarwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yasabye abaturiye iriya pariki kujya bacungira abana hafi, bakababuza gutembera pariki kuko pariki atari ikibuga cy’umupira.

N’ubwo avuga atyo ariko, abaturage bo mu bwoko bw’aba Maasai bemerewe kuba muri za pariki za Tanzania no kuhororera.

 

TAGGED:AbanafeaturedIntarePolisiTanzania
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abarwanyi B’I Tigray Bigaruriye Umujyi W’Umurage Wa UNESCO
Next Article ‘Ibihugu Byacu Bizi Amateka Byaciyemo…’-Kagame Abwira Touadéra
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Muganga Yaremeye Ikipe Y’Igihugu Y’Abangavu

Uganda: Abaturage Bagiye Guhabwa Irangamuntu Nshya

Buri Karere Kazashyirwamo Ikigo Cya TVET Cy’Ikitegererezo

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu mahanga

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?