Iyi ntare y’icyamamare yabaga muri Pariki ya Serengeti muri Kenya. Kubera umugara munini yari ifite ndetse n’imbaraga zayo, abarinzi b’iriya pariki bayihaye izina rya ‘Bob’ Junior...
Taliki 10, Kanama, buri mwaka abatuye isi bizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe intare. Iyi nyamaswa ibarirwa mu binyamajanja binini ni inyamaswa yubahwa ku isi kuko iteye ubwoba...
Ubwo bizihizaga imyaka 25 ishize bashinze Umuryango AERG, abawugize bishimiye kwakira Madamu Jeannette Kagame waje kwifatanya nabo muri iki gikorwa cyabereye mu Nzu yitwa Intare Conference...
Ubwo bari baragiye bakaza kubura zimwe mu nyana, abana batatu bagiye kuzishaka bahura n’intare z’ingore zirabica. Byabereye muri Tanzania muri pariki ya Ngorongoro nk’uko byatangajwe n’abashinzwe...
Kugeza ubu muri Pariki y’Akagera harabarurwa intare 36 mu myaka itandatu. Uyu ni umubare munini iyo urebye ukuntu bigora ko ibibwana by’intare bikura kubera ko byicwa...