Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abandi Basore B’Inkorokoro Binjiye Muri RDF
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abandi Basore B’Inkorokoro Binjiye Muri RDF

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 December 2023 6:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Lt Gen Mubarakh Muganga yaraye yakiriye ikiciro gishya cy’abasore n’inkumi binjijwe mu ngabo z’u Rwanda. Bari bamaze amezi arindwi batozwa ibya gisirikare mu kigo cya Nasho gitorezwamo abashya baje mu ngabo z’u Rwanda.

Iki kigo kitwa Basic Military Training Centre, kikaba mu Murenge wa Nasho mu Karere ka Kirehe.

N’ubwo abenshi mu binjiye mu gisirikare ari abasore, hari na bashiki babo nabo binjiranyemo ngo bazafatanye kurinda u Rwanda.

Mbere yo kwakirwa n’Umugaba mukuru w’ingabo, bose hamwe babanje kwiyereka, bereka abari aho ko batojwe neza kandi ko amasomo bahawe atabaye amasigarakicaro.

Lt Gen Mubarakh Muganga yari yaje ahagarariye Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda akaba na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.

Muganga yabashimiye ko bemeye kuza mu ngabo z’u Rwanda kugira ngo bagire uruhare mu kururinda no kuruteza imbere.

Yababwiye ati: “ Mu izina ry’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda, mbashimiye iki gikorwa cy’indashyikirwa mugezeho. Ubumenyi mwakuye mu masomo mwahawe buzabafasha kugera ku nshingano zanyu kandi byose bigomba kuzajyana na discipline. Mbashimiye ko mwahisemo kuza muri RDF ngo murinde igihugu cyanyu.”

Mu buryo budahindagurika, RDF yinjiza abasirikare bashya kugira ngo ikomeze kuzuza inshingano zayo zo kurinda Abanyarwanda no guhora yiteguye igihe cyose.

Beretse abagaba b’ingabo ko akazi batojwe biyemeje kugakorana umurava
Mu myiyereko y’imikino njyarugamba
Bamwe muri bo batojwe kuyobora bagenzi babo ku rugamba
Bize no gukoresha imbunda ziremereye
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Lt Gen Mubarakh Muganga yabashimiye ko bahisemo kuba ingabo ngo barinde u Rwanda

 

TAGGED:AbasirikarefeaturedIngaboKagameMugangaNashoRDF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umutima Niwo Uduhuza N’u Rwanda-Ikiganiro Na Amb Wa Israel
Next Article Mu Rwanda Hagiye Kuzanwa Intama Zidasanzwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Rayon Yahagaritse Umutoza Mukuru Bari Bamaze Iminsi Muri Rwaserera

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzima

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?