Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu 200 Barohamye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abantu 200 Barohamye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 May 2021 2:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari ku wa Gatatu tariki 26 Gicurasi, 2021 ubwo ubwato bwari burimo abantu 200 byarohamaga, kugeza ubu umubare nyawo w’abantu bose bahasize ubuzima ukaba utaramenyekana.  Byabereye mu Majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Nigeria.

Kugeza ubu Umuryango utabara imbabare muri Nigeria wamaze kubona imirambo 40, ariko hari indi itaraboneka ndetse bikekwa ko ari bo benshi kandi biganjemo abana n’abagore.

Umunyamakuru wa Reuters muri kariya gace avuga ko abenshi mu bari muri buriya bwato bari abagabo bari bimukanye n’abagore n’abana babo bavuye mu Ntara ya Niger bagiye mu yindi ntara bituranye bivugwa ko irimo abaturage bafite ubuzima bwiza kurushaho.

Ni mu gace kitwa  Kainji  muri Nigeria.

Mu bice bitandukanye by’Afurika cyane cyane ibyo mu cyaro, hajya haba impanuka zituma hari abantu benshi bicwa n’amazi.

Igihugu kijya kuvugwaho impanuka nka ziriya kandi zikomeye ni Repubulika ya Demukarasi  ya Congo.

 

TAGGED:AbantuAfurikafeaturedKurohamaNigeria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abafaransa Bashaka Kubaka Mu Rwanda Imodoka Zigendera Ku Migozi
Next Article Abadepite 32 Bo Muri Congo- Kinshasa Bishwe Na COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?