Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu 200 Barohamye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abantu 200 Barohamye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 May 2021 2:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari ku wa Gatatu tariki 26 Gicurasi, 2021 ubwo ubwato bwari burimo abantu 200 byarohamaga, kugeza ubu umubare nyawo w’abantu bose bahasize ubuzima ukaba utaramenyekana.  Byabereye mu Majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Nigeria.

Kugeza ubu Umuryango utabara imbabare muri Nigeria wamaze kubona imirambo 40, ariko hari indi itaraboneka ndetse bikekwa ko ari bo benshi kandi biganjemo abana n’abagore.

Umunyamakuru wa Reuters muri kariya gace avuga ko abenshi mu bari muri buriya bwato bari abagabo bari bimukanye n’abagore n’abana babo bavuye mu Ntara ya Niger bagiye mu yindi ntara bituranye bivugwa ko irimo abaturage bafite ubuzima bwiza kurushaho.

Ni mu gace kitwa  Kainji  muri Nigeria.

Mu bice bitandukanye by’Afurika cyane cyane ibyo mu cyaro, hajya haba impanuka zituma hari abantu benshi bicwa n’amazi.

Igihugu kijya kuvugwaho impanuka nka ziriya kandi zikomeye ni Repubulika ya Demukarasi  ya Congo.

 

TAGGED:AbantuAfurikafeaturedKurohamaNigeria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abafaransa Bashaka Kubaka Mu Rwanda Imodoka Zigendera Ku Migozi
Next Article Abadepite 32 Bo Muri Congo- Kinshasa Bishwe Na COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?