Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanya Zimbabwe Batorotse Gereza Y’Afurika Y’Epfo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abanya Zimbabwe Batorotse Gereza Y’Afurika Y’Epfo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 March 2023 10:06 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi y’Afurika y’Epfo iri mu bufatanye n’iya Zimbabwe ngo hashakishwe kandi hafatwe abanya Zimbabwe batandatu baherutse gutoroka gereza.

Itangazo rya Polisi yo muri Afurika y’Epfo rivuga bariya bantu batorotse nyuma yo kumvikana kw’amasasu kwabereye hafi y’aho bari bafungiye mu bilometero 120 ngo ugere ku mupaka wa Zimbabwe,  hanyuma bagacunga ku jisho abapolisi bari barinze hafi aho bakabacika basiga babambuye n’imbunda.

Uko ari batandatu bari bafungiye ibyaha by’ubwicanyi n’ubujura.

Abantu baburiwe kutegera bariya bantu kubera ko batorokanye imbunda kandi ngo ni abicanyi ruharwa.

Ibyiza ngo ni uko babibwira Polisi cyangwa ubundi buyobozi buri hafi aho kugira ngo bafatwe.

Abimukira benshi baba muri Afurika y’Epfo ni abakomoka muri Zimbabwe.

TAGGED:AbajuraAfurikaGerezaZimbabwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyagatare: Yahaye Umupolisi Ruswa Ya Frw 11,000 Arayanga
Next Article Rubavu: Urwibutso Rwa Bigogwe Rugiye Kuvugururwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?