Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyamadini B’I Kigali Bakingiwe COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Abanyamadini B’I Kigali Bakingiwe COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 March 2021 12:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri Kigali Arena hari ukubera igikorwa cyo gukingira  abanyamadini , abakora mu miryango itari iya Leta  icyorezo cya COVID-19. Abanyamadini nabo bari mu bantu bafite ibyago byo kwandura kiriya cyorezo kubera akazi k’ivugabutumwa bakora gatuma bahura n’abantu benshi icyarimwe.

Akazi ko gukingira Abanyarwanda bafite ibyago byo kwandura COVID-19 kurusha abandi bitewe n’ubwoko bw’akazi bakora birakomeje. Kuri uyu wa Gatanu hakingiwe abacururiza mu masoko atandukanye yo mu Mujyi wa Kigali.

Haherewe ku bacururiza  mu isoko rya Kabeza riri Mu Kagari mu Murenge wa Kanombe, mu Karere ka Kicukiro.

Kuri uyu wa Kane nibwo Perezida wa Repubulika na Madamu we bakingije.

Bakingiriwe ku bitaro byitiriwe Umwami Faysal biri ku Kacyiru mu Karere ka Gasabo.

Kugeza kuri uyu wa Kane tariki 11, Werurwe, 2021, Abanyarwanda bari bamaze gukingirwa barenga gato 230 000.

Biteganyijwe ko abakingirwa kuri uyu wa Gatandatu tariki 13, Werurwe, 2021 ari 1000.

Bari gukingirirwa kuri Kigali Arena

TAGGED:AbanyamadiniCOVID-19featuredGukingiraKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubuzima Bwa Magufuli Ntibuvugwaho Rumwe
Next Article Muri USA Hari Guverineri ‘Uri Hafi Kwegura’ Kubera Ruswa Y’Igitsina
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?