Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyamakuru Bandagaje Perezida Wa Sudani Y’Epfo Basabiwe Gufungurwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abanyamakuru Bandagaje Perezida Wa Sudani Y’Epfo Basabiwe Gufungurwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 January 2023 4:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abanyamakuru batandatu b’ikigo cya Leta ya Sudani y’Epfo bagiye gukurikiranwa mu nkiko kuko batangaje amashusho ya Perezida Salva Kirr ‘yiyanduza ku ipantalo.’

Ubundi ariya mashusho yari yarabitswe ariko bo baza kuyatangaza kuri YouTube.

Komite y’abaharanira uburenganzira bw’itangazamakuru yitwa Comittee to Protect Journalist yatangarije ku rubuga rwayo ko isaba ubutegetsi bw’i Juba kubarekura.

Taliki 03, Mutarama, 2023 nibwo abakora mu kigo gishinzwe umutekano wa Sudani y’Epfo batatu bataye muri yombi abakozi batandatu b’ikigo cya Sudani y’Epfo cy’itangazamakuru bakurikiranyweho kwandagaza Umukuru w’igihugu.

Abayobozi mu rwego rwa CPJ bavuga ubuyobozi bwa Sudani y’Epfo bugomba kurekura bariya  banyamakuru bagakomeza umwuga wabo.

Bikubiye mu itangazo ryasinywe na Muthoki Mumo uyobora ishami rya CPJ rishinzwe Afurika yo Munsi y’Ubutayu bwa Sahara.

Abanyamakuru ba Sudani y’Epfo bafunzwe barimo uwari ushinzwe gucunga icyumba bakurikiraniramo uko amakuru apanze witwa Joval Tombe, ukoresha camera witwa Victor Lado, bagenzi be bitwa Joseph Oliver na Jacob Benjamin, Mustafa Osman na Cherbek Ruben.

TAGGED:AbanyamakurufeaturedPerezidaSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Claude Muhayimana Wari Ufungiye Mu Bufaransa Kubera Jenoside Yarekuwe
Next Article Abatwa Basabirizaga i Bujumbura Basubijwe Mu Cyaro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gisagara: Bakurikiranyweho Guca Umucuruzi Ijosi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Mu Rwanda

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri Kayitesi Asobanura Uko Abatuye Intara Ye Bava Mu Bukene

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?