Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyamakuru Bandagaje Perezida Wa Sudani Y’Epfo Basabiwe Gufungurwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abanyamakuru Bandagaje Perezida Wa Sudani Y’Epfo Basabiwe Gufungurwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 January 2023 4:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abanyamakuru batandatu b’ikigo cya Leta ya Sudani y’Epfo bagiye gukurikiranwa mu nkiko kuko batangaje amashusho ya Perezida Salva Kirr ‘yiyanduza ku ipantalo.’

Ubundi ariya mashusho yari yarabitswe ariko bo baza kuyatangaza kuri YouTube.

Komite y’abaharanira uburenganzira bw’itangazamakuru yitwa Comittee to Protect Journalist yatangarije ku rubuga rwayo ko isaba ubutegetsi bw’i Juba kubarekura.

Taliki 03, Mutarama, 2023 nibwo abakora mu kigo gishinzwe umutekano wa Sudani y’Epfo batatu bataye muri yombi abakozi batandatu b’ikigo cya Sudani y’Epfo cy’itangazamakuru bakurikiranyweho kwandagaza Umukuru w’igihugu.

Abayobozi mu rwego rwa CPJ bavuga ubuyobozi bwa Sudani y’Epfo bugomba kurekura bariya  banyamakuru bagakomeza umwuga wabo.

Bikubiye mu itangazo ryasinywe na Muthoki Mumo uyobora ishami rya CPJ rishinzwe Afurika yo Munsi y’Ubutayu bwa Sahara.

Abanyamakuru ba Sudani y’Epfo bafunzwe barimo uwari ushinzwe gucunga icyumba bakurikiraniramo uko amakuru apanze witwa Joval Tombe, ukoresha camera witwa Victor Lado, bagenzi be bitwa Joseph Oliver na Jacob Benjamin, Mustafa Osman na Cherbek Ruben.

TAGGED:AbanyamakurufeaturedPerezidaSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Claude Muhayimana Wari Ufungiye Mu Bufaransa Kubera Jenoside Yarekuwe
Next Article Abatwa Basabirizaga i Bujumbura Basubijwe Mu Cyaro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?