Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyamakuru Bandagaje Perezida Wa Sudani Y’Epfo Basabiwe Gufungurwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abanyamakuru Bandagaje Perezida Wa Sudani Y’Epfo Basabiwe Gufungurwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 January 2023 4:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abanyamakuru batandatu b’ikigo cya Leta ya Sudani y’Epfo bagiye gukurikiranwa mu nkiko kuko batangaje amashusho ya Perezida Salva Kirr ‘yiyanduza ku ipantalo.’

Ubundi ariya mashusho yari yarabitswe ariko bo baza kuyatangaza kuri YouTube.

Komite y’abaharanira uburenganzira bw’itangazamakuru yitwa Comittee to Protect Journalist yatangarije ku rubuga rwayo ko isaba ubutegetsi bw’i Juba kubarekura.

Taliki 03, Mutarama, 2023 nibwo abakora mu kigo gishinzwe umutekano wa Sudani y’Epfo batatu bataye muri yombi abakozi batandatu b’ikigo cya Sudani y’Epfo cy’itangazamakuru bakurikiranyweho kwandagaza Umukuru w’igihugu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abayobozi mu rwego rwa CPJ bavuga ubuyobozi bwa Sudani y’Epfo bugomba kurekura bariya  banyamakuru bagakomeza umwuga wabo.

Bikubiye mu itangazo ryasinywe na Muthoki Mumo uyobora ishami rya CPJ rishinzwe Afurika yo Munsi y’Ubutayu bwa Sahara.

Abanyamakuru ba Sudani y’Epfo bafunzwe barimo uwari ushinzwe gucunga icyumba bakurikiraniramo uko amakuru apanze witwa Joval Tombe, ukoresha camera witwa Victor Lado, bagenzi be bitwa Joseph Oliver na Jacob Benjamin, Mustafa Osman na Cherbek Ruben.

TAGGED:AbanyamakurufeaturedPerezidaSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Claude Muhayimana Wari Ufungiye Mu Bufaransa Kubera Jenoside Yarekuwe
Next Article Abatwa Basabirizaga i Bujumbura Basubijwe Mu Cyaro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Burundi: Umudepite Yakubiswe

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Gutega Amatwi Inyoni Ziririmba Bimara Ishavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

RIB Iraburira Abajya Gusenga Bakibwa Telefone

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Muganga Yaremeye Ikipe Y’Igihugu Y’Abangavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?