Abanyarwanda Baraburirwa Ku Mvura Iri Imbere

Imvura nyinshi ishobora guhinduka ikibazo cyahitana n'ubuzima bw'abantu

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, kiraburira inzego zirebana n’iterambere n’izindi zireba imibereho y’abaturage ko muri Mutarama, 2024 ikirere kirimo imvura nyinshi cyane cyane mu Majyepfo y’Uburengerazuba bw’u Rwanda.

Aimable Gahigi uyobora iki kigo avuga ko mu Burasirazuba ho imvura izagabanuka.

Aimable Gahigi uyobora Rwanda Meteo

Icyakora ngo muri za Huye, Nyamagabe, Karongi na Nyaruguru.

Meteo Rwanda ivuga ko isaba inzego zose gufatana uburemere amakuru gitanga kuko ari ingirakamaro mu kurinda ubuzima bw’abaturage.

- Advertisement -

Abaturage barasabwa gukomeza gukurikirana amakuru Meteo Rwanda itanga buri guhembwe na buri minsi 10.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version