Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwanda Batangiye Gukingirwa COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abanyarwanda Batangiye Gukingirwa COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 February 2021 1:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abanyarwanda barimo abakora mu nzego z’ubuzima n’abandi bakora mu byiciro byihariye batangiye gukingirwa COVID-19. Ni amakuru twakuye kuri bamwe mu bakora mu nzego z’ubuzima, ariko RBC yo yabwiye Taarifa gukingira bizatangira ku wa tariki 15, Gashyantare, 2021.

Gukingira nyabyo bizatangira mu Cyumweru gitaha guhera tariki 15, Gashyantare, 2021.

Amakuru twamenye kandi ni uko igikorwa cyo gukingira Abanyarwanda cyabaye kuri uyu wa Kane tariki 11, Gashyantare, 2021 kibera i Gikondo ahari Ikigo cy’Igihugu gishinzwe inkingo, ahitwa Jua Kali, i Gikondo mu Kicukiro.

Hagati aho n’Abanyarwanda baba muri Israel batangiye gukingirwa COVID-19.

Ambasade ya Israel mu Rwanda yatangaje kuri Twitter ko Abanyarwanda bakora muri Ambasade yarwo muri kiriya gihugu n’abandi biga muri Kaminuza zaho bakingiwe COVID-19.

Bakingiriwe muri Kanimuza yitwa Hadassah.

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Bwana Ron Adam yashimiye igihugu cye ko kiri gukorera Abanyarwanda ibintu by’ingirakamaro.

TAGGED:COVIDfeaturedGikondoUrukingo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame yahaye Ikipe Y’U Rwanda Ya Basket Indege Iyijyana Muri Tunisia
Next Article IKIGANIRO: Intiti Y’U Rwanda Yasubije Uwo Muri Canada Ibibazo Kuri Jenoside Ya 1994
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?