Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwanda Batangiye Gukingirwa COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abanyarwanda Batangiye Gukingirwa COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 February 2021 1:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abanyarwanda barimo abakora mu nzego z’ubuzima n’abandi bakora mu byiciro byihariye batangiye gukingirwa COVID-19. Ni amakuru twakuye kuri bamwe mu bakora mu nzego z’ubuzima, ariko RBC yo yabwiye Taarifa gukingira bizatangira ku wa tariki 15, Gashyantare, 2021.

Gukingira nyabyo bizatangira mu Cyumweru gitaha guhera tariki 15, Gashyantare, 2021.

Amakuru twamenye kandi ni uko igikorwa cyo gukingira Abanyarwanda cyabaye kuri uyu wa Kane tariki 11, Gashyantare, 2021 kibera i Gikondo ahari Ikigo cy’Igihugu gishinzwe inkingo, ahitwa Jua Kali, i Gikondo mu Kicukiro.

Hagati aho n’Abanyarwanda baba muri Israel batangiye gukingirwa COVID-19.

Ambasade ya Israel mu Rwanda yatangaje kuri Twitter ko Abanyarwanda bakora muri Ambasade yarwo muri kiriya gihugu n’abandi biga muri Kaminuza zaho bakingiwe COVID-19.

Bakingiriwe muri Kanimuza yitwa Hadassah.

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Bwana Ron Adam yashimiye igihugu cye ko kiri gukorera Abanyarwanda ibintu by’ingirakamaro.

TAGGED:COVIDfeaturedGikondoUrukingo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame yahaye Ikipe Y’U Rwanda Ya Basket Indege Iyijyana Muri Tunisia
Next Article IKIGANIRO: Intiti Y’U Rwanda Yasubije Uwo Muri Canada Ibibazo Kuri Jenoside Ya 1994
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’u Rwanda Rurasabwa Kuba Abahamya B’Indangagaciro Zarwo

Uburundi Buvuga Ko Nibiba Ngombwa Buzarwana N’u Rwanda 

Polisi Yafashe Abo Ikekaho Kwiba Telefoni Na Mudasobwa 

Abasora Neza Babishimiwe

Ikigega Mpuzamahanga Cy’Imari Gifitiye ‘Umugambi’ Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

U Rwanda Rufunze Abanyamahanga 500 -RCS

Perezida wa Benin Yabwiye Abaturage Ko Abashatse Kumuhirika Baruhiye Ubusa

You Might Also Like

Mu Rwanda

Kabarebe Yahererekanyije Ububasha Na Kaitesi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gakenke: Yafatanywe Ibilo 17 By’Urumogi Na Litiro 14 Za Kanyanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Umuryango Africa’s Business Heroes Urateganya Kwigisha Guhanga Imishinga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabo Z’u Burundi Ziri Muri DRC Zirenga 20,000- Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?