Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwanda Batangiye Gukingirwa COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abanyarwanda Batangiye Gukingirwa COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 February 2021 1:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abanyarwanda barimo abakora mu nzego z’ubuzima n’abandi bakora mu byiciro byihariye batangiye gukingirwa COVID-19. Ni amakuru twakuye kuri bamwe mu bakora mu nzego z’ubuzima, ariko RBC yo yabwiye Taarifa gukingira bizatangira ku wa tariki 15, Gashyantare, 2021.

Gukingira nyabyo bizatangira mu Cyumweru gitaha guhera tariki 15, Gashyantare, 2021.

Amakuru twamenye kandi ni uko igikorwa cyo gukingira Abanyarwanda cyabaye kuri uyu wa Kane tariki 11, Gashyantare, 2021 kibera i Gikondo ahari Ikigo cy’Igihugu gishinzwe inkingo, ahitwa Jua Kali, i Gikondo mu Kicukiro.

Hagati aho n’Abanyarwanda baba muri Israel batangiye gukingirwa COVID-19.

Ambasade ya Israel mu Rwanda yatangaje kuri Twitter ko Abanyarwanda bakora muri Ambasade yarwo muri kiriya gihugu n’abandi biga muri Kaminuza zaho bakingiwe COVID-19.

Bakingiriwe muri Kanimuza yitwa Hadassah.

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Bwana Ron Adam yashimiye igihugu cye ko kiri gukorera Abanyarwanda ibintu by’ingirakamaro.

TAGGED:COVIDfeaturedGikondoUrukingo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame yahaye Ikipe Y’U Rwanda Ya Basket Indege Iyijyana Muri Tunisia
Next Article IKIGANIRO: Intiti Y’U Rwanda Yasubije Uwo Muri Canada Ibibazo Kuri Jenoside Ya 1994
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

IkoranabuhangaImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rayon Yahagaritse Umutoza Mukuru Bari Bamaze Iminsi Muri Rwaserera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?