Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwanda N’Abayahudi Baba Mu Rwanda Bafunguriwe Resitora Yihariye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Abanyarwanda N’Abayahudi Baba Mu Rwanda Bafunguriwe Resitora Yihariye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 May 2022 4:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku Kimihurura hafunguwe Resitora itegura amafunguro n’ibinyobwa bimenyerewe muri Israel. Ni Resitora yitwa Taste of Jerusalem, iyi ikaba iba mu bihugu bibamo Abayahudi benshi kandi byateye imbere ariko bifite n’umutekano.

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda witwa Ron Adam niwe waraye ayifunguye ku mugaragaro.

Hari na Rabbi umuyobozi mukuru mu isinagogi rukumbi mu Rwanda riri mu gace gaturiye Star Times witwa Rabbi Chaim Bar-Sella n’umugore we Dina.

Ambasaderi Ron Adam yabwiye Taarifa ko abantu bose bahawe ikaze muri iriya resitora.

Ati: “ Nishimiye ko muri Kigali hafunguwe resitora izafasha Abayahudi baba mu Rwanda n’abandi bazava muri Israel baje gusura u Rwanda ndetse n’Abanyarwanda kubona amafunguro bakunda.’

Dr Ron Adam avuga ko nawe yafashe kuri ariya mafunguro kandi ngo yamukumbuje iwabo.

Icyanga cy’i Yeruzalemu

Ibiribwa byitwa Kosher ni ibiribwa bitegurwa hakurikijwe uko amategeko agenga imirire y’Abayahudi ateganya.

Ahantu hambere agaragara ni mu Gitabo cy’Abalewi 14:1-21. Bigaragara kandi ni Ugutegeka 14:1-21.

Amategeko agenga Abayahudi bayita Halakha

Ijambo Kosher ni irigenekereje mu Giheburayo cyandikwa ngo /ˈkoʊʃər/.

Iri jambo mu Cyongereza rivuga ‘Fit’ ni ukuvuga umuntu utsibaze, ufite imbaraga nyazo.

Resitora ya Kosher i Kigali iri ku Kimihurura ku muhanda KG 674 st (28).

Amafoto yo muri iyi Resitora igabura iby’i Yeruzalemu

Ambasaderi Ron Adam muri resitora Taste of Jerusalem
Niwe wayifunguye ku mugaragaro
Igitabo cy’amafunguro, ibinyobwa n’ibiciro
Imirire ni iyo
Ku rukuta hariho ifoto y’Urukuta rw’amaganya rw’i Yeruzalemu rwubahwa cyane mu muco n’idini ry’Abayahudi. Rwahoze ari ingoro ya Salomo
Umureti
Dina muri resitora iteka iby’iwabo muri Israel
Rabbi Chaim Bar-Sella
Agasembuye k’i Yeruzalemu ariko hari no Pirimusi
Abakunda Kontwari nabo bateguriwe ahabo
TAGGED:AdamAmbasaderifeaturedIsraelKimihururaResitora
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyarugenge: Bubatse Ishuri Ryo Gufasha Urubyiruko Kugira Ubumenyingiro Buzarucyenura
Next Article Abakiliya Ba CANAL+ Rwanda Bashyizwe Igorora Ku mukino Wa Nyuma Wa Champions League
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?