Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abarwanyi Bafunguye Gereza Nkuru Ya Burkina Faso
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abarwanyi Bafunguye Gereza Nkuru Ya Burkina Faso

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 May 2022 4:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Ouagadougou muri Burkina Faso haravugwa inkuru yakuye abantu impungege ku mutekano wabo y’uko hari abarwanyi batorokesheje imfungwa zari zifungiye muri gereza nkuru ya kiriya gihugu.

Umubare w’abatorotse umaze kumenyekana ni abantu 60 ariko Reuters ivuga ko umubare utangazwa ushobora kuba ari muto.

Ikindi ni uko nta mutwe w’abarwanyi urabyigamba.

Abarwanyi bafite intwaro ziremereye bagabye igitero kuri gereza iri mu Majyaruguru y’Umurwa mukuru Ouagadougou bafungura gereza y’aho abagororwa baratoroka.

Imodoka  basanze hafi aho bazihaye inkongi, ziragurumana.

Amakuru avuga ko bari bafite intwaro ziremereye zirimo imbunda za Kalashnikovs n’izindi za machine guns.

Burkina Faso ni igihugu kiri mu kaga giterwa n’abarwanyi bava muri Mali.

Mali iyi ni igihugu kinini cyane kandi gikora ku bihugu byinshi birimo na Burkina Faso.

Igitero cyo gufunguza ku ngufu bariya bafungwa cyakozwe hashize igihe gito abantu 11 biciwe mu Ntara za Dori na Gorgadji zihereye mu Majyaruguru ya Burkina Faso.

Muri Burkina Faso abaturage bararakaye kuko batishimiye ko Polisi n’ingabo batagishoboye kubarindira umutekano.

Bibaza uzabatabara bakamubura.

Muri iki gihugu haherutse no kuba coup d’etat. Hari muri Mutarama, 2022.

Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru taliki 23, Mutarama, 2022 nibwo abasirikare bikoze bafunga Perezida wa Burkina Faso Roch Marc Christian Kaboré.

Perezida Wa Burkina Faso Yahiritswe Ku Butegetsi

TAGGED:AbarwanyiBurkina FasofeaturedOuagadougou
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ku Ibambiro Ahiciwe Abana Na Ba Nyina Bazira Ko Ari Abatutsi
Next Article U Rwanda, Ibirwa Bya Maurice Na Uganda : Aho Abakire B’Afurika Bashaka Gutura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?