Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abarwanyi Bafunguye Gereza Nkuru Ya Burkina Faso
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abarwanyi Bafunguye Gereza Nkuru Ya Burkina Faso

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 May 2022 4:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Ouagadougou muri Burkina Faso haravugwa inkuru yakuye abantu impungege ku mutekano wabo y’uko hari abarwanyi batorokesheje imfungwa zari zifungiye muri gereza nkuru ya kiriya gihugu.

Umubare w’abatorotse umaze kumenyekana ni abantu 60 ariko Reuters ivuga ko umubare utangazwa ushobora kuba ari muto.

Ikindi ni uko nta mutwe w’abarwanyi urabyigamba.

Abarwanyi bafite intwaro ziremereye bagabye igitero kuri gereza iri mu Majyaruguru y’Umurwa mukuru Ouagadougou bafungura gereza y’aho abagororwa baratoroka.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Imodoka  basanze hafi aho bazihaye inkongi, ziragurumana.

Amakuru avuga ko bari bafite intwaro ziremereye zirimo imbunda za Kalashnikovs n’izindi za machine guns.

Burkina Faso ni igihugu kiri mu kaga giterwa n’abarwanyi bava muri Mali.

Mali iyi ni igihugu kinini cyane kandi gikora ku bihugu byinshi birimo na Burkina Faso.

Igitero cyo gufunguza ku ngufu bariya bafungwa cyakozwe hashize igihe gito abantu 11 biciwe mu Ntara za Dori na Gorgadji zihereye mu Majyaruguru ya Burkina Faso.

- Advertisement -

Muri Burkina Faso abaturage bararakaye kuko batishimiye ko Polisi n’ingabo batagishoboye kubarindira umutekano.

Bibaza uzabatabara bakamubura.

Muri iki gihugu haherutse no kuba coup d’etat. Hari muri Mutarama, 2022.

Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru taliki 23, Mutarama, 2022 nibwo abasirikare bikoze bafunga Perezida wa Burkina Faso Roch Marc Christian Kaboré.

Perezida Wa Burkina Faso Yahiritswe Ku Butegetsi

TAGGED:AbarwanyiBurkina FasofeaturedOuagadougou
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ku Ibambiro Ahiciwe Abana Na Ba Nyina Bazira Ko Ari Abatutsi
Next Article U Rwanda, Ibirwa Bya Maurice Na Uganda : Aho Abakire B’Afurika Bashaka Gutura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?