Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abarwanyi Bafunguye Gereza Nkuru Ya Burkina Faso
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abarwanyi Bafunguye Gereza Nkuru Ya Burkina Faso

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 May 2022 4:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Ouagadougou muri Burkina Faso haravugwa inkuru yakuye abantu impungege ku mutekano wabo y’uko hari abarwanyi batorokesheje imfungwa zari zifungiye muri gereza nkuru ya kiriya gihugu.

Umubare w’abatorotse umaze kumenyekana ni abantu 60 ariko Reuters ivuga ko umubare utangazwa ushobora kuba ari muto.

Ikindi ni uko nta mutwe w’abarwanyi urabyigamba.

Abarwanyi bafite intwaro ziremereye bagabye igitero kuri gereza iri mu Majyaruguru y’Umurwa mukuru Ouagadougou bafungura gereza y’aho abagororwa baratoroka.

Imodoka  basanze hafi aho bazihaye inkongi, ziragurumana.

Amakuru avuga ko bari bafite intwaro ziremereye zirimo imbunda za Kalashnikovs n’izindi za machine guns.

Burkina Faso ni igihugu kiri mu kaga giterwa n’abarwanyi bava muri Mali.

Mali iyi ni igihugu kinini cyane kandi gikora ku bihugu byinshi birimo na Burkina Faso.

Igitero cyo gufunguza ku ngufu bariya bafungwa cyakozwe hashize igihe gito abantu 11 biciwe mu Ntara za Dori na Gorgadji zihereye mu Majyaruguru ya Burkina Faso.

Muri Burkina Faso abaturage bararakaye kuko batishimiye ko Polisi n’ingabo batagishoboye kubarindira umutekano.

Bibaza uzabatabara bakamubura.

Muri iki gihugu haherutse no kuba coup d’etat. Hari muri Mutarama, 2022.

Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru taliki 23, Mutarama, 2022 nibwo abasirikare bikoze bafunga Perezida wa Burkina Faso Roch Marc Christian Kaboré.

Perezida Wa Burkina Faso Yahiritswe Ku Butegetsi

TAGGED:AbarwanyiBurkina FasofeaturedOuagadougou
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ku Ibambiro Ahiciwe Abana Na Ba Nyina Bazira Ko Ari Abatutsi
Next Article U Rwanda, Ibirwa Bya Maurice Na Uganda : Aho Abakire B’Afurika Bashaka Gutura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?