Abasirikare 11 Ba Nigeria Babonetse Barapfuye Nyuma y’Iminsi Barabuze

Nigerian Army soldiers stand at a base in Baga on August 2, 2019. - Intense fighting between a regional force and the Islamic State group in West Africa (ISWAP) has resulted in dozens of deaths, including at least 25 soldiers and more than 40 jihadists, in northeastern Nigeria. ISWAP broke away from Boko Haram in 2016 in part due to its rejection of indiscriminate attacks on civilians. Last year the group witnessed a reported takeover by more hardline fighters who sidelined its leader and executed his deputy. The IS-affiliate has since July 2018 ratcheted up a campaign of attacks against military targets. (Photo by AUDU MARTE / AFP) (Photo credit should read AUDU MARTE/AFP/Getty Images)

Leta ya Nigeria yatangaje ko abasirikare 11 bayo barimo n’umwe mukuru babonetse barapfuye, nyuma y’iminsi bitangajwe ko baburiwe irengero.

Imibiri yabo yabonetse mu gace ka Konshisha muri Leta ya Benue, nk’uko byemejwe n’umuvugizi w’ingabo za Nigeria. Iyo mubiri yari yaratangiye gushenguka.

Mu minsi ishize nibwo byatangajwe ko abasirikare 11 babuze nyuma yo kugwa mu gico cy’abantu bitwaje intwaro.

Ntabwo haramenyekana uwaba yarishe abo basirikare, gusa leta ya Benue yibasiwe n’ubugizi bwa nabi bukoreshwa intwaro.

- Advertisement -
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version