Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abasirikare 485 Ba Israel Bamaze Kugwa Mu Ntambara Na Hamas
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abasirikare 485 Ba Israel Bamaze Kugwa Mu Ntambara Na Hamas

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 December 2023 11:10 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’ingabo za Israel itangaza ko kuva iki gihugu cyatangira intambara yeruye na Hamas kimaze gutakaza abasirikare 485. Aba barimo umunani baraye bapfuye bazize Hamas.

Iby’urupfu rwabo byatangajwe n’Ibiro by’Umuvugizi w’ingabo za Israel, abo basirikare bose bakaba bari bafite ipeti rya Staff.-Sgt.

Umuto muri bo yari afite imyaka 19 n’aho umukuru akagira imyaka 21 y’amavuko.

Hari kandi abandi basirikare babiri bahakomerekeye cyane.

Mu gihe ibintu bimeze gutyo, ku rundi ruhande intambara yo irakomeje ndetse Israel yasabye Misiri kwigizaho ingabo zayo ku mupaka wegereye Gaza.

Israel ivuga ko ibikorwa byayo bya gisirikare mu guhiga bukware Hamas bizakomereza mu gace gaturiye aho ingabo za Misiri ziri zabishaka cyangwa zitabishaka.

Iki gihugu kandi giherutse kubwira isi ko kizakomeza guhiga Hamas kugeza kiyisenye burundu.

Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu avuga ko azaruhuka ari uko Hamas itakiri ikibazo ndetse na Gaza ntizongere na rimwe kuba ahantu hahangayikishije umutekano wa Israel.

Perezida wa Amerika Joe Biden yasabye Netanyahu kubwira ingabo ze zikirinda kugira abasivili zihutariza mu bikorwa bya gisirikare ziri gukorera muri Gaza.

TAGGED:featuredGazaHamasIngaboIntambaraIsraelMisiri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Kwishyura Imisoro Imwe N’Imwe Byigijwe Imbere
Next Article Mu Bitaro Bya Nyabikenke Barataka Guhembwa Ayo Batemeranyijeho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?