Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abasirikare Ba Tanzania Biciwe Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abasirikare Ba Tanzania Biciwe Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 April 2024 2:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo rya SADC rirabikira abantu ko hari abasirikare bane bishwe n’igisasu cyarashwe n’imbunda yo mortier|( mortar). Batatu ni abo muri Tanzania umwe akaba uwo muri Afurika y’Epfo.

Bahitanywe n’igisasu cyaguye mu nkambi yabo kuri uyu wa Mbere taliki 08, Mata, 2024.

Ubuyobozi bwa SADC bwafashe mu mugongo abo mu muryango w’abo basirikare, buvuga ko ibyabaye bibabaje ariko bitazatuma ingabo z’uyu Muryango zidakora icyazijyanye mu Burasirazuba  bwa DRC.

Urupfu rw’aba basirikare ruvuzwe nyuma y’igihe gito Umukuru wa Tanzania Samia Suluhu Hassan na mugenzi we uyobora Afurika y’Epfo bavuye mu Rwanda mu kwifatanya n’isi yose kuzirikana ububi bwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.

Nta mutwe mu mitwe myinshi ikorera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo urigamba kwica abo basirikare.

TAGGED:AbasirikarefeaturedigisasuIngaboSADC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yavuze Icyatumaga Adakunda Guseka Mu Myaka Ya 2000
Next Article Ethiopia Yahawe Ahantu Mu Rwanda Ho Kubaka Ambasade
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kabila Arasomerwa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?