Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abatavuga Rumwe Na Leta Ya Iran Bishimiye Ko Ikipe Yayo Yatsinzwe N’Amerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abatavuga Rumwe Na Leta Ya Iran Bishimiye Ko Ikipe Yayo Yatsinzwe N’Amerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 November 2022 10:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu mijyi imwe n’imwe ya Iran, bamwe mu batavuga rumwe na Leta baraye abandi bazindukira mu myigaragambyo yo kwishimira ko Amerika yaraye itsinze Iran mu mukino baraye bakinnye. Ni umwe mu mikino y’igikombe cy’isi kiri kubera i Doha muri Qatar.

Hamwe muho bazindutse bishimira ko ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Iran yatsinzwe ni ahitwa Saqez.

Abantu bishimye k’uburyo no mu ijoro ryacyeye yari abaturikije ibishashi by’ibyishimo, ibyo bita feux d’artifice.

Igitego cya mbere cya Amerika(uretse ko ari nacyo cyatsinzwe cyonyine), cyagiyemo ubundi hakurikiraho kwishima kw’abatuye Saqez.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bagiye mu muhanda bacana imuri baturitsa ibishashi by’ibyishimo kubera ko ikipe ya Iran yatsinzwe.

Bahise bashyira iyo video kuri Twitter.

Ibi byabaye mu gihe muri Iran  hamaze igihe hari imidugararo y’abaturage bavuga ko badashaka ubutegetsi bw’i Teheran kubera ko babushinja kutubaha ikiremwamuntu.

Ni imyigaragambyo yatangiye Taliki 16, Nzeri, 2022 nyuma y’urupfu rw’umugore bivugwa ko yakubiswe na Polisi ya Iran imuziza kutubaha itegeko ryo kwambara ukikwiza, uwo mugore akaba yaraguye muri gereza nyuma y’iminsi mike afunzwe.
Uriya mugore yavukaga mu Mujyi wa Saqez.

Si muri uyu mujyi abantu bishimiye gutsinda kwa Iran honyine, ahubwo no mu wundi witwa Sanandaj n’aho ni uko byagenze.

- Advertisement -

Ifirimbi ya nyuma ikivuga, abaturage bo muri uyu mujyi basohotse bajya mu modoka zabo batangira kuvuza amahoni y’ibyishimo ko Washington itsindiye Teheran i Doha.

Ahandi bishimiye kuri uru rwego ni ahitwa Mahabad, Marivan, Paveh n’i Sarpol-e Zahab.

Uko bigaragara, ikintu cyose Amerika izahuriramo na Iran ntikizabura kugira n’isura ya Politiki!

TAGGED:AmaguruAmerikafeaturedIgikombeIranIsiUmupira
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ndabasaba Kuva Hano Mwahinduye Imitekerereze- IGP Munyuza Abwira Ba Ofisiye
Next Article Uganda: Hasohotse Itegeko Nshinga Ryanditswe Mu Nyandiko Y’Abatabona, Mu Rwanda Bigeze He?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Perezida Wa Guinea Conakry Yaraye Yakiriwe N’Abaturage Be Baba Mu Rwanda

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?