Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abaturage Barashinja Netanyahu Kubateranya N’Amerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abaturage Barashinja Netanyahu Kubateranya N’Amerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 May 2023 10:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage ba Israel baramukiye ku rugo rwa Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu riri i Yeruzalemu bamusaba guhagarika imyitwarire ye kubera ko iri kurakaza Amerika.

Bavuga ko ibyo akora bituma Amerika ibona ko ari kubangamira intego zayo mu Burasirazuba bwo hagati aho Israel na Palestine biherereye.

Ku rundi ruhande, bavuga ko ibyo akora biri gutuma abantu barangarira kuri Israel mu gihe Iran yo ikataje mu gukora bombe ya kirimbuzi ikoresha Iranium.

Ntibisanzwe ko mu bigaragambya aho ari ho hose ku isi usangamo abahoze mu ngabo benshi ariko muri iki gitondo abigarambya muri Israel abenshi nibo.

Abo baturage bavuga ko politiki za Netanyahu zituma i Washington barakara kandi uwo mujinya ukagira ingaruka ku mubano mwiza usanzwe hagati ya Amerika na Israel.

Abigaragambya bagize umutwe bise Brothers in Arms.

Polisi ya Israel yahururanye amafarasi kugira ngo ikumire ko hari abantu bagera mu rugo rwa Minisitiri w’intebe.

Polisi ya Israel yahuruye ngo ikumire

Hari abantu babiri bafashwe bajyanwa kubazwa iby’izi ntugunda bazindutse bateza kwa Netanyahu.

I Washington bavuga ko politiki z’ubuhezanguni  za Netanyahu n’abagize Guverinoma ye zituma imigambi y’Amerika mu Burasirazuba bwo hagati zikomwa mu nkokora.

TAGGED:AbaturageAmerikafeaturedIranIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyeshuri Babujijwe Gukoresha Umuhanda Nk’Umuharuro
Next Article Ubushinwa Burashinjwa Gutera Amerika Mu Buryo Bw’Ikoranabuhanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?