Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abatwa Basabirizaga i Bujumbura Basubijwe Mu Cyaro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abatwa Basabirizaga i Bujumbura Basubijwe Mu Cyaro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 January 2023 4:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri ishinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Burundi ivuga ku guhera kuri uyu wa Gatandatu taliki 07, Mutarama, 2023 yatangiye gusubiza mu cyaro Abatwa bari baraje gusabiriza i Bujumbura.

Minisitiri Pontien Hatungimana yavuze ko Guverinoma y’u Burundi yasanze itazashobora kujya ifasha umuntu ku giti cye, ahubwo ngo buri wese agomba gusubira mu muryango we akajya awufashirizwamo.

Minisitiri Pontien Hatungimana

Ku ikubitiro abantu 79 barimo abantu bakuru 38u n’abana 41 nibwo basubijwe mu mitumba( mu Kinyarwanda bayita Imidugudu) bakomokamo.

Guverinoma ivuga ko uzakenera gufashwa azafashwa biturutse ku makuru yatanzwe n’abayobozi b’aho atuye.

Ubuyobozi bw’u Burundi buvuga ko bwahagarukiye kurwanya ingeso yo gusabiriza kuko imaze gufata indi ntera mu Burundi.

Intego ni ugushishikiriza Abarundi gukora bakareka gushyira amaboko mu mifuka.

U Burundi ni kimwe mu bihugu bifite abaturage bakennye kurusha ibindi ku isi.

Imwe mu mpamvu zabiteye ni intambara zahamaze igihe bituma abaturage badatekana ngo bakore biteze imbere.

Il affirme que le @GenreMinistere ne va plus appuyer les gens individuellement, s'il y a des appuis à donner , le ministère répondra aux besoins exprimés par les responsables administratifs pic.twitter.com/SvcBTW1dO7

— RTNB (@RTNBurundi) January 7, 2023

TAGGED:AbatwaBujumburaBurundifeaturedGuverinoma
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyamakuru Bandagaje Perezida Wa Sudani Y’Epfo Basabiwe Gufungurwa
Next Article Abagore B’Abanyamulenge Bandikiye Umugore Wa Tshisekedi Ngo Abavuganire
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inganda Z’Intwaro Zungutse 5.9% Kubera Intambara Ya Ukraine N’Iya Gaza

Gisagara: Bakurikiranyweho Guca Umucuruzi Ijosi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?