Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 November 2025 2:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abayobozi ba BBC barimo umuyobozi mukuru witwa Tim Davie n’umuyobozi w’ibiganiro witwa Deborah Turness baraye basezeye kuri BBC nyuma y’uko ikiganiro kitwa Panorama kivuzweho guhimbira Donald Trump binyuze mu guhindura imbwirwaruhame ye.

Ikinyamakuru The Telegraph giherutse gutangaza ko BBC mu mwaka wa 2021 yafashe ibika bibiri by’imbwirwaruhame za Donald Trump irabihuza mu rwego rwo kubona aho ihera ivuga ko uyu muyobozi yahamagariye abantu kwigaragambiriza mu Biro bita Capitol Hill hari muri Mutarama, 2021.

Inyandiko ya The Telegraph ivuga ko ikibabaje ari uko BBC itigeze igira icyo ikora ngo ikosore ibyo yakoze cyangwa se wenda yisegure.

Icyakora kugeza ubu Umuyobozi mukuru wa BBC avuga ko rwose agomba kwemera kwikorera uwo mugogoro akegura.

Davie: “Hari amakosa yakozwe kandi nk’umuyobozi mukuru ngomba kwemera ibyabaye nkegura.”

Icyakora ubwo umuyobozi w’ibiganiro muri BBC witwa Turness yabaye nk’ukuraho igihu ku byabaye avuga ko ‘ BBC’ itajya igira aho ibogamira mu gukora inkuru kwayo.

Ifoto: Deborah Turness

TAGGED:BBCfeaturedIkiganiroKweguraTrump
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda
Next Article Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?