Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Airtel Rwanda Igiye Kugeza Murandasi Ya 4G Kuri Miliyoni Y’Abanyarwanda Bitarenze 2024
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Airtel Rwanda Igiye Kugeza Murandasi Ya 4G Kuri Miliyoni Y’Abanyarwanda Bitarenze 2024

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 October 2023 7:30 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo gitanga serivisi z’ikoranabuhanga n’itumanaho, Airtel Rwanda, cyatangije gahunda yo guha murandasi y’igisekuru cya kane Abanyarwanda bagera kuri miliyoni mu gihe kitarenze umwaka wa 2024.

Emmanuel Hammez uyobora Airtel Rwanda avuga ko hari telefoni bazanye ifite imbaraga zo kureberwaho filimi za Netflix ukoresheje 4G ya Airtel kandi ngo kuzigeza ku Banyarwanda benshi uko bishoboka niyo ntego y’ikigo ayoboye.

Ni igikoresho cyo kwitaba, guhamagara no gukoresha mu bya murandasi byo mu byiciro bitandukanye.

Iyo telefoni ifite agaciro ka Frw 20,000, ikaba yitwa AirtelImaginePhone.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Uyobora Airtel ku rwego rwa Afurika witwa Segun Ogunsanya wari mu muhango wo gutangiza iki gikorwa,  avuga ko  bishimiye uburyo Airtel Rwanda ikora kandi yishimiye ko iki kigo cyatangije gahunda yo kugeza murandasi y’igisekuru cya kane mu bitaruye Umujyi wa Kigali, ku ikubitiro bikaba byabereye muri Kabarondo mu Karere ka Kayonza.

Segun avuga ko murandasi ya 4G batangije mu Rwanda ari yo ihendutse kandi intego ari ukuzayigeza ku bantu benshi.

Meya w’Akarere ka Kayonza Jean Bosco Nyemazi yashimye Airtel Rwanda ko yahisemo kuza gutangiriza uriya mushinga mu karere ayobora kandi akizera ko bizagirira akamaro abagatuye.

Jean Bosco Nyemazi uyobora Akarere ka Kayonza

Ni  gahunda Artel Rwanda ishyigikiwemo na Minisiteri y’ikoranabuhanga na Inovasiyo.

Ubwo yavugaga ijambo nk’Umushyitsi mukuru mu itangizwa ry’iyi murandasi muri Kabarondo, Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo Madamu Paulo Musoni Ingabire yavuze ko Guverinoma y’u Rwanda isanganywe gahunda yo kugeza murandasi ihendutse ku Banyarwanda benshi cyane abo mu cyaro.

- Advertisement -
Minisitiri Ingabire Paula Musoni

Ni gahunda bose ConnectRwanda 2.0.

Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba yishimiye iyi gahunda ya Airtel na MYICT
Ni telefoni ihendutse kandi ikora nka router ikora neza

 

TAGGED:4GAirtelfeaturedMurandasiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda: Igihugu Cy’Abanywa Inzoga Nyinshi Kurusha Ahandi Muri Afurika
Next Article Jenerali Uyobora Gabon Yasuye u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?